Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Acasia Dealbata: Ubwoko Bw’Igiti Perezida Kagame Yateye Muri Barbados
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Acasia Dealbata: Ubwoko Bw’Igiti Perezida Kagame Yateye Muri Barbados

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 April 2022 9:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ruzinduko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagiriye ibihe byiza birimo no kuhakinira umwe mu mikino akunda wa Tennis. Yateye kandi igiti cyera indabo nziza z’umuhondo kitwa Acasia Dealbata. Yagiteye mu busitani buzwi cyane bitwa Barbados National Botanical Gardens.

Yakinnye umukino akunda wa Tennis

Ubwo yari mu rugendo atembera ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu witwa Mia Amor Mottley aza gusanga abakinnyi bakinira tennis mu gice byagenewe.

Yahagaze nawe ahabwa udukoresho bakinisha uriya mukino, ni udukoresho bita racquetes.

Tennis ni umukino Perezida Kagame asanzwe akunda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hagati aho kandi kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yifatanyije na Minisititi w’Intebe wa kiriya gihugu witwa Mia Amor Mottley gutera igiti mu busitani twavuze haruguru.

Ubwo yateraga igiti muri buriya busitani.

Ubusitani yagiteyemo ni ubusitani bwamenyekanye cyane  bwitwa the Barbados National Botanical Gardens. Bwatewemo ibiti n’abadi bayobozi bakomeye ku isi.

Bwafunguwe ku mugaragaro mu mwaka wa 2019.

Butewemo indabo z’amoko n’amabara atandukanye.

Ahari indabo kandi ntihabura ibinyugunyugu, inyoni, n’izindi nyamaswa nto ziba zikeneye aho zugama izuba n’ibiribwa biva ku ndabo.

- Advertisement -

Bumwe mu bwoko bw’indabo uzasanga muri buriya busitani kandi zidakunze  kuboneka henshi ku isi ni izitwa Allamanda.

Allamanda.
TAGGED:BarbadosfeaturedIgitiKagameTennis
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kohereza Muri Sudani Y’Epfo Abapolisi 240 Basimbura Bagenzi Babo
Next Article Nyamasheke: Abakekwaho Kwica Umukobwa Wari Umaze Iminsi Micye Yerekanye Fiancé Bafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?