Iyi ni imwe mu ngingo nyinshi Perezida Kagame ne Minisitiri w’Intebe wa Barbados Madamy Mia Amor Mottley bagarutseho mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru nyuma y’ibiganiro bagiriye mu...
Mu ruzinduko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagiriye ibihe byiza birimo no kuhakinira umwe mu mikino akunda wa Tennis. Yateye kandi igiti cyera indabo nziza z’umuhondo...
Perezida Kagame yaraye ageze mu Birwa bya Barbados nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu yari amazemo muri Jamaica. Ku rubuga rw’Ibiro bye handitseho ko akigera ku kibuga cy’indege...