Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Addis Ababa: Kagame Mu Itangizwa Ry’Inteko Ya 37 Y’Abakuru B’Ibihugu By’Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Addis Ababa: Kagame Mu Itangizwa Ry’Inteko Ya 37 Y’Abakuru B’Ibihugu By’Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 February 2024 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yitabiriye itangizwa ry’Inama y’Abakuru b’ibihugu b’Afurika yunze ubumwe iri kubera Addis Ababa ku kicaro gikuru cy’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

Abitabiriye uyu muhango baboneyeho no kwitabira ihererekanya bubasha hagati ya Perezida w’uyu Muryango wari umaze umwaka awuyobora ari we Azali Assoumani uyobora Ibirwa bya Comoros wasigiye izi nshingano mugenzi we uyobora Mauritania ari we Ould Ghazouani. 

Hagati aho kandi Umuyobozi wa Komisiyo y’uyu muryango wungirije witwa Dr. Monique Nsanzabaganwa yitabiriye itahwa ku mugaragaro ry’inyubako y’uyu Muryango ibikwamo amakuru y’ikoranabuhanga yiswe African Union Data Center.

Dr. Monique Nsanzabaganwa

Biteganyijwe ku muri iyi Nama Perezida Kagame azereka bagenzi be aho yari agejeje amavugurura y’uyu Muryango kugira ngo urusheho kugera ku ntego zawo mu mwaka wa 2063.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Izi nshingano yari yarazihawe mu mwaka wa 2016.

TAGGED:AddisAfurikaAmahoroInshinganoKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyahiriye Mu Nkambi Ya Kigeme Birabarirwa Miliyoni Frw 100 Zirenga
Next Article Bugesera: Abantu Bagwiriwe N’Ikirombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mukuru Wa Croix Rouge Ku Rwego Rw’Isi Yasuye u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Twatanze Imbanzirizamushinga Y’amahoro Twifuza Muri DRC- Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR FC Yatsinze Rayon Iyirusha Bifatika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?