Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Addis Ababa: Kagame Mu Itangizwa Ry’Inteko Ya 37 Y’Abakuru B’Ibihugu By’Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Addis Ababa: Kagame Mu Itangizwa Ry’Inteko Ya 37 Y’Abakuru B’Ibihugu By’Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 February 2024 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yitabiriye itangizwa ry’Inama y’Abakuru b’ibihugu b’Afurika yunze ubumwe iri kubera Addis Ababa ku kicaro gikuru cy’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

Abitabiriye uyu muhango baboneyeho no kwitabira ihererekanya bubasha hagati ya Perezida w’uyu Muryango wari umaze umwaka awuyobora ari we Azali Assoumani uyobora Ibirwa bya Comoros wasigiye izi nshingano mugenzi we uyobora Mauritania ari we Ould Ghazouani. 

Hagati aho kandi Umuyobozi wa Komisiyo y’uyu muryango wungirije witwa Dr. Monique Nsanzabaganwa yitabiriye itahwa ku mugaragaro ry’inyubako y’uyu Muryango ibikwamo amakuru y’ikoranabuhanga yiswe African Union Data Center.

Dr. Monique Nsanzabaganwa

Biteganyijwe ku muri iyi Nama Perezida Kagame azereka bagenzi be aho yari agejeje amavugurura y’uyu Muryango kugira ngo urusheho kugera ku ntego zawo mu mwaka wa 2063.

Izi nshingano yari yarazihawe mu mwaka wa 2016.

TAGGED:AddisAfurikaAmahoroInshinganoKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyahiriye Mu Nkambi Ya Kigeme Birabarirwa Miliyoni Frw 100 Zirenga
Next Article Bugesera: Abantu Bagwiriwe N’Ikirombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?