Kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Gashyantare, 2023 mu masaha y’umugoroba nibwo Perezida Paul Kagame yari ageze i Dakar muri Senegal. Yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku...
Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri...
Mu Ntara ya Cape Town muri Afurika y’Epfo abantu umunani biciwe mu birori byo kwizihiza umunsi w’amavuko w’inshuti yabo. Bishwe barashwa n’abantu bataramenyekana kugeza ubu. Polisi...
Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bwashyizeho kandi bwohereza muri Somalia itsinda ry’abahanga ngo basuzume niba yujuje ibisabwa byose ngo yemererwe kujya muri uyu muryango. Ibihugu...
Mu mahugurwa abasifuzi ba Karate bahawe, babwiwe ko hari impinduka zashyizweho mu mategeko agenga umukino wa karate. Abasifuzi 60 bo mu Rwanda barimo abagabo 52 n’abagore...