Afurika ni umugabane ukennye kurusha iyindi muri rusange. Icyakora iyo urebye uko ubukungu bwa bimwe mu bihugu byayo buzamuka, ubona ko mu gihe kiri imbere, Afurika...
Muri Gashyantare, 2012 nibwo ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga, Airtel, cyatangiye gukorera mu Rwanda. Nyuma yo kugeza byinshi ku Banyarwanda, ubu yazanye indi gahunda yoroshya itumanaho...
Ibi byasohotse muri Raporo yitwa Africa Wealth Report 2022 isohorwa n’Ikigo Henley & Partners. Iki kigo kivuga ko igihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage benshi...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko n’ubwo abatuye iki gihugu bakennye kandi bimaze igihe, ariko ni abaturage bazi kubaha...
Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza yitwa McGill University yo muri Canada n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima buvuga ko u Rwanda rukurikira Ethiopia mu bihugu biha abagore...