Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Agace Karekare Ka Tour Du Rwanda 16 Katangiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Agace Karekare Ka Tour Du Rwanda 16 Katangiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2024 11:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasiganwa ku magare 74 nibo bahagurutse mu Rukomo mu Karere ka Gicumbi bagana mu Karere ka Kayonza, aho bari burangirize agace ka karindwi. Ni intera ndende mu zasiganwe zose muri iyi Tour du Rwanda  kubera ko ireshya na kilometero 158.

Aka gace katangiye saa tanu n’iminota itanu.

Abasiganwa bararangiriza urugendo rwabo ku kigo cy’urubyiruko cya Kayonza.

Abanyamakuru bakurikiranye iri rushanwa bavuga ko n’ubwo iyi ntera ari ndende ari ko itavunanye kuko ahantu hanini bagenda ari ahatambika.

Ni agace kari butume byibura baruhuka kuko agace ka gatandatu ko kuva i Musanze ukaza i Kigali ukazamuka kwa Mutwe mbere yo kuzamuka Mont Kigali kasizemo benshi imvune.

Aka gace katwawe n’Umwongereza Joseph Blackmore ukinira ikipe yo muri Israel yitwa Israel Prem Tech.

Abanyarwanda bo bamaze kwemera ko batazatsinsda iyi Tour du Rwanda gusa ngo bafite icyizere cy’uko ‘hari agace bazatwara’.

TAGGED:AmagareRwandaTour
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Salva Kirr Yageze i Burundi
Next Article Perezida Tshisekedi Agiye Gushimira Luvumbu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Rugiye Kuzuza Ikigega Cya Gazi Yakoreshwa Amezi Abiri Ntayitumijwe Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?