Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Agace Karekare Ka Tour Du Rwanda 16 Katangiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Agace Karekare Ka Tour Du Rwanda 16 Katangiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2024 11:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasiganwa ku magare 74 nibo bahagurutse mu Rukomo mu Karere ka Gicumbi bagana mu Karere ka Kayonza, aho bari burangirize agace ka karindwi. Ni intera ndende mu zasiganwe zose muri iyi Tour du Rwanda  kubera ko ireshya na kilometero 158.

Aka gace katangiye saa tanu n’iminota itanu.

Abasiganwa bararangiriza urugendo rwabo ku kigo cy’urubyiruko cya Kayonza.

Abanyamakuru bakurikiranye iri rushanwa bavuga ko n’ubwo iyi ntera ari ndende ari ko itavunanye kuko ahantu hanini bagenda ari ahatambika.

Ni agace kari butume byibura baruhuka kuko agace ka gatandatu ko kuva i Musanze ukaza i Kigali ukazamuka kwa Mutwe mbere yo kuzamuka Mont Kigali kasizemo benshi imvune.

Aka gace katwawe n’Umwongereza Joseph Blackmore ukinira ikipe yo muri Israel yitwa Israel Prem Tech.

Abanyarwanda bo bamaze kwemera ko batazatsinsda iyi Tour du Rwanda gusa ngo bafite icyizere cy’uko ‘hari agace bazatwara’.

TAGGED:AmagareRwandaTour
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Salva Kirr Yageze i Burundi
Next Article Perezida Tshisekedi Agiye Gushimira Luvumbu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Ibidukikije

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?