Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Agahinda K’Abana Bagirwa Abasirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Agahinda K’Abana Bagirwa Abasirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2021 8:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuba umwana utagira abantu bakuru bamukunda ni akaga. Abana bagirwa abasirikare bahura n’akaga gakomeye karimo kwiga kwica, ubusambanyi, kuneka, gusahura n’ibindi.

Hari imibare ibyerekana:

1.Abana babarirwa mu bihumbi bashyizwe mu mitwe ya gisirikare. Muri 2019 honyine abana 7,740 bashyizwe mu mitwe yitwara gisirikare, bamwe muri bo bari bafite imyaka itandatu y’amavuko.

2.Ibihugu bifitea abana benshi bakoreshwa imirimo ya gisirikare ni  Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Yemen, Sudani y’Epfo, Somalia na Syria. Muri rusange iki kibazo kiri mu bihugu 14.

3.Abana bakoreshwa akazi kabi karimo no kuba maneko, gusahura, kuba abakozi bo mu ngo z’abasirikare, abakobwa bakagirwa abagore imburagihe n’ibindi.

4.Abana b’abakobwa nabo bahabwa imbunda bakigishwa kwica. Abenshi biganje muri Afghanistan, Colombia, Central African Republic, Nigeria, South Sudan, Syria na  Yemen.

5. Abana bose bashyirwa mu barwanyi ku ngufu z’abarwanyi bakuru, ababyeyi babo cyangwa abanyapolitiki, cyangwa kubaho batiga.

6. Kubona intambara umuntu akiri muto bimugiraho ingaruka ubuzima bwe bwose, agahungabana.

7.Ibihugu 170 nibyo byasinye amasezerano yo kurinda abana kujya mu mitwe ya gisirikare ariko ibirenga 14 ntibiyakurikiza uko byayasinye.

8. Iyo abana bigeze kujya mu mitwe ya gisirikare badafashijwe kubaho neza bakuze, bashobora gusubira mu yindi mitwe ya gisirikare.

Ivomo: Reuters

TAGGED:Abana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Bwafunze BBC
Next Article Akamaro Musemakweli Yagiriye Ingabo Ku Rugamba Ni Kanini
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?