Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Airtel Money Yegereje Serivisi Abashaka Gutombora Mu Inzozi Lotto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Airtel Money Yegereje Serivisi Abashaka Gutombora Mu Inzozi Lotto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 November 2022 3:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Nyarugenge ahitwa Nyabugogo hatangijwe ubufatanye bwa Airtel Money na Inzozi Lotto bugamije gufasha abakina umukino w’amahirwe kujya babona amafaranga yabo hafi aho.

Ni amafaranga bashobora kubikuz kuri Airtel Money bakayakoresha muri uriya mukino w’amahirwe.

Muri Nyabugogo abakiliya ba Airtel bari bahuriye ahari icyicaro cya Airtel ahitwa ku Mashyirahamwe.

Umuyobozi wa Airtel Money witwa Jean Claude Gaga yavuze ko batekereje gukorana na Inzozi Loto mu rwego rwo kwegereza abakina uriya amafaranga.

Jean Claude Gaga uyobora Airtel Money aganira n’abaturage bari baje kumva ako karusho

Ati: “ Ni uburyo bwo gukorana n’abafite kiriya kigo kugira ngo nabo boroherwe no guha abakiliya babo serivisi babagomba.”

Avuga ko abakiriya bashaka gukina  inzozi Lotto bakoresheje Airtel Money bazajya bakanda  akanyenyeri bagashyiraho umubare wa 240 bagakurikizaho akadirishya.

Aba agents ba Inzozi Lotto bakorana n’abakiliya babo kugira ngo bashobore kwishyura bakoresheje Airtel Money

Ni uburyo bukoreshwa haba kuri telefoni zikoresha ikoranabuhanga bita smartphones ariko n’abakoresha telefoni zisanzwe nabo babukoresha.

Ikindi ubu buryo buzafasha ni ugutuma habaho kohererezanya no kwikira amafaranga yatsindiwe mu Inzozi Lotto.

Umuyobozi wungirije w’ikigo Carousse Ltd ari nacyo gifite Inzozi Lotto mu nshingano yacyo witwa  Bwana Thierry Nshuti yavuze ko gukorana na Airtel Money bizafasha mu kongerera abakunda gukina Inzozi Lotto amahirwe yo gutsindira Miliyoni Frw 15.

Ati: “Twifuje guha buri wese amahirwe yo gutera inkunga iterambere rya siporo mu Rwanda ndetse n’amahirwe yo gutsindira amafaranga buri munsi. Tuzi neza akamaro ko kugira umuryango wa Airtel Money tukaba twishimiye kuwubarizwamo. Ubu icyo usabwa ni ugukanda*240#.”

Mu minsi ishize Airtel Money yatangije n’ubufatanye n’ikigo gishinzwe gukusanya amahoro muri za Parikingi kugira ngo umuntu ajye yishyura akoresheje Airtel Money.

 

TAGGED:AirtelAmafarangafeaturedLottoTombola
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukino Wa Iran N’Amerika Utegerezanyijwe Amatsiko
Next Article Sena Yabajije Polisi Iby’Amakamyo Ya Howo Amaze Iminsi Ahitana Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?