Tito Havugimana akomoka mu Murenge wa Mukama mu Karere ka Nyagatare. Yabwiye itangazamakuru ko yatomboye Frw 1.510.580 nyuma yo gutombora mu irushanwa rya Inzozi Lotto. Niwe...
Taliki ya 02, Ukuboza, 2022, nibwo ikigo gicuruza telephone kitwa Tecno cyatangije ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda. Bugamije kugeza ku Banyarwanda murandasi ihendutse na telefoni zigezweho. Guhera...
Muri Nyarugenge ahitwa Nyabugogo hatangijwe ubufatanye bwa Airtel Money na Inzozi Lotto bugamije gufasha abakina umukino w’amahirwe kujya babona amafaranga yabo hafi aho. Ni amafaranga bashobora...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe...
Mu muhango wo guhemba abasoreshwa bitwaye neza mu mwaka wa 2022, kimwe mu bigo byashimiwe ni Airtel- Rwanda, iki kibaka ari ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga....