Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Airtel Rwanda Ltd Yashimiwe Kuba Umusoreshwa Wizerwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Airtel Rwanda Ltd Yashimiwe Kuba Umusoreshwa Wizerwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2022 9:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu muhango wo guhemba abasoreshwa bitwaye neza mu mwaka wa 2022, kimwe mu bigo byashimiwe ni Airtel- Rwanda, iki kibaka ari ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga.

Iki kigo kandi giherutse no gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga buri butangire gukoreshwa kuri uyu wa 20, Ugushyingo, 2022  ubwo abantu bari butangire kureba igikombe cy’isi kiri butangire gukinirwa muri Qatar.

Igihembo Airtel Rwanda yahawe

Ni app bise Airtel TV buri butangire gufasha abantu kureba iriya mikino bakoresheje murandasi ya Airtel Kugeza ubu mu Rwanda niyo yihuta kurusha izindi zihakoreshwa.

Iki kigo kandi gisanzwe gitanga na serivisi z’ikoranabuhanga mu by’imari, Fintech, zifasha abakiliya bacyo mu kohererezanya no kwakira amafaranga mu buryo bwa Airtel Money.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni n’uburyo butuma ufite uyu murongo, aba ashobora no koherereza amafaranga uwo ashatse wese niyo yaba akoresha undi murongo w’itumanaho mu yemewe mu Rwanda.

Umuhango wo gushimira Airtel Rwanda Ltd wari uyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente wari umushyitsi mukuru.

Hari mu muhango wabaye ku nshuro ya 20, ukaba wahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 25, ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro Rwanda Revenue Authority kimaze gishinzwe.

TAGGED:AirtelItumanahoRwandaUmusoreshwaUmusoro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Buri Kwezi Mu Rwanda Hazajya Haba Isiganwa Ry’Amagare- FERWACY
Next Article Rwanda: Guverinoma Irashaka Ko EBM Iba Itegeko Ku Bacuruzi Bose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?