Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Akamanzi Yasimbujwe Francis Gatare Mu Buyobozi Bwa RDB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Akamanzi Yasimbujwe Francis Gatare Mu Buyobozi Bwa RDB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 October 2023 10:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kusoma itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida Kagame yamuvanye mu buyobozi bukuru bwa RDB akamusimbuza, Francis Gatare, Madamu Clare Akamanzi yavuze ko hari byinshi yigiye muri RDB haba mu buzima busanzwe no mu by’imiyoborere.

Bikubiye mu butumwa yaraye acishije kuri X.

Itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Francis Gatare wari usanzwe ari Umujyanama wa Perezida mu by’ubukungu ari ari we wagizwe Umuyobozi mukuru wa RDB.

Perezida Kagame kandi yagize Gen James Kabarebe umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ubutwererane bw’Akarere.

Yasimbuye Prof Nshuti Manasseh wahise ugirwa Umujyanama mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe imirimo ‘yihariye.’

Ku byerekeye Clare Akamanzi, uyu muyobozi yatangiye kugira inshingano zo hejuru muri RDB guhera mu mwaka wa 2008 ubwo yari Umuyobozi wayo wungirije ushinzwe ubucuruzi na Serivisi.

Bidatinze yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa, Chief Operating Officer.

Yigeze no gukora mu Biro bya Perezida wa Repubulika ashinzwe ibikorwa na Politili, Head of Strategy and Policy.

Francis Gatare
TAGGED:AkamanziClarefeaturedGatareKabarebe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa DASSO Arashinjwa Gukubitira Umuturage Mu Ruhame
Next Article Rubavu: Ingorane Z’Abahinga Imboga Zidindiza Imirire Myiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?