Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayobozi Bakuru b’Ingabo Z’u Bwongereza Bashyizwe Mu Kato
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Abayobozi Bakuru b’Ingabo Z’u Bwongereza Bashyizwe Mu Kato

admin
Last updated: 28 June 2021 12:36 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza Ben Wallace n’abayobozi bakuru batandatu b’ingabo basabwe kujya mu kato k’iminsi 10 iwabo mu ngo, nyuma yo guhura n’Umugaba Mukuru w’Ingabo bikaza kugaragara ko yanduye COVID-19.

Ni inama yabaye ku wa Kane, maze ku wa Gatanu General Sir Nick Carter asangwamo COVID-19. Inama yabereye muri Defence Academy muri Oxfordshire.

Muri iyo nama ngo bubahirije amabwiriza yo kwirinda, ariko basabwa kujya mu kato kubera ko bahuye n’umuntu wanduye COVID-19, nk’uko Minisiteri y’Ingabo mu Bwongereza yabitangaje.

Iyo nama yari yanitabiriwe n’abagaba b’ingabo zirwanira mu mazi (Royal Navy), ingabo zirwanira mu kirere na Strategic Command.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

YabaWallace, General Sir Mark Carleton-Smith, Admiral Sir Tim Fraser, First Sea Lord Admiral Sir Tony Radakin, Air Chief Marshal Sir Mike Wigston na General Sir Patrick Sanders, imirimo ya gisirikare bazaba bayikorera mu ngo mu minsi icumi.

 

General Sir Nick Carter yanduye COVID-19

 

 

 

- Advertisement -
TAGGED:COVID-19featuredGeneral Sir Nick Carteru Bwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Minsi Ine Abantu 35 000 Bafashwe Bishe Amabwiriza Kuri COVID-19-CP Kabera
Next Article CP Bizimungu Yagizwe Umuyobozi W’Abapolisi Bose Bari Mu Butumwa Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?