Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Akamanzi Yasimbujwe Francis Gatare Mu Buyobozi Bwa RDB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Akamanzi Yasimbujwe Francis Gatare Mu Buyobozi Bwa RDB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 October 2023 10:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kusoma itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida Kagame yamuvanye mu buyobozi bukuru bwa RDB akamusimbuza, Francis Gatare, Madamu Clare Akamanzi yavuze ko hari byinshi yigiye muri RDB haba mu buzima busanzwe no mu by’imiyoborere.

Bikubiye mu butumwa yaraye acishije kuri X.

Itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Francis Gatare wari usanzwe ari Umujyanama wa Perezida mu by’ubukungu ari ari we wagizwe Umuyobozi mukuru wa RDB.

Perezida Kagame kandi yagize Gen James Kabarebe umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ubutwererane bw’Akarere.

Yasimbuye Prof Nshuti Manasseh wahise ugirwa Umujyanama mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe imirimo ‘yihariye.’

Ku byerekeye Clare Akamanzi, uyu muyobozi yatangiye kugira inshingano zo hejuru muri RDB guhera mu mwaka wa 2008 ubwo yari Umuyobozi wayo wungirije ushinzwe ubucuruzi na Serivisi.

Bidatinze yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa, Chief Operating Officer.

Yigeze no gukora mu Biro bya Perezida wa Repubulika ashinzwe ibikorwa na Politili, Head of Strategy and Policy.

Francis Gatare
TAGGED:AkamanziClarefeaturedGatareKabarebe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa DASSO Arashinjwa Gukubitira Umuturage Mu Ruhame
Next Article Rubavu: Ingorane Z’Abahinga Imboga Zidindiza Imirire Myiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?