Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Akarere Ka Bugesera Kose Kabuze Amazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Akarere Ka Bugesera Kose Kabuze Amazi

taarifa@media
Last updated: 02 March 2021 11:11 am
taarifa@media
Share
SHARE

Itiyo nini ivana amazi ku ruganda rwa Kanyonyomba na Ngenda ikayakwiza ahandi mu Karere ka Bugesera yaturitse. Kugira ngo isanwe byabaye ngombwa ko amazi mu karere kose aba afunzwe.

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura, WASAC, bwasabye abatuye Akarere ka Bugesera kuba bihanganye mu gihe iriya tiyo iri gusanwa.

Itangazo ryanyujijwe kuri Twitter rigira riti “Twagize ikibazo ku matiyo avana amazi ku ruganda rwa Kanyonyomba na Ngenda. Mu gihe abakozi bacu bari gukorana umurava mu gusana ayo matiyo, turasaba abatuye ‘mu karere kose’ ka @BugeseraDistr kwihanganira ibura ry’amazi, tubizeza ko mu gihe cya vuba bongera kuyabona.”

Mu Karere ka Bugesera haherutse gutahwa uruganda rutunganya amazi rukazayasaranganya mu mirenge imwe n’imwe y’aka karere ndetse rugasagurira Umujyi wa Kigali. Ni uruganda ruzatanga metero kibe 40, muri zo 30 zizakoreshwa n’abatuye Umujyi wa Kigali.

Leta y’u Rwanda yiyemeje ko mu mwaka wa 2024 buri munyarwanda azaba abona amazi meza ahoraho hafi ye.

Iyi ntego ivuga ko abayafite mu rugo batazongera kuyabura, naho abatayafite mu rugo bakayabona nibura kuri metero 500.

Twagize ikibazo ku matiyo avana amazi ku ruganda rwa Kanyonyomba na Ngenda. Mu gihe abakozi bacu bari gukorana umurava mu gusana ayo matiyo, turasaba abatuye mu karere kose ka @BugeseraDistr kwihanganira ibura ry'amazi, tubizeza ko mu gihe cya vuba bongera kuyabona. Murakoze. pic.twitter.com/cvzplBmuf3

— Water and Sanitation Corporation Ltd | Rwanda (@wasac_rwanda) March 2, 2021
TAGGED:BugeserafeaturedWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igishushanyo Cyakozwe Na Winston Churchill Cyagurishijwe Miliyoni $11.5
Next Article Amavuta Yangiza Uruhu Akomeje Kwinjira Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?