Abadepite, abakora mu Rwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta n’Abanyarwanda muri rusange bakomeje kwibaza iherezo ry’imikorere idahwitse y’Ikigo WASAC. Kubera ko bisa n’ibyananiranye ndetse bikaba byarananiye...
Jessica Kwibuka ni Umunyarwandakazi wasanze amazi ya WASAC abaturage bakoresha mu ngo agomba kurushaho kuyungururwa kugira ngo abe meza kurushaho, bituma azana ikoranabuhanga ryo kubikora. Abikora...
Umuhanda wiswe KG 22 uherereye mu Murenge wa Kinyinya ahitwa mu Birembo uri bufungwe saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 27, Nzeri, 2021. Itangazo...
Taarifa yamenye ko Bwana Alfred Byigero wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura ari gukorwaho iperereza n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha. Undi uri gukorwaho iperereza ni Kamugisha Samuel,...
Minisitiri w’Ibikorwa remezo Gatete Claver yavuze ko mu kugerageza gukemura ibibazo by’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, kigiye kubyazwamo ibigo bibiri, igikora imishinga y’amazi n’igikora ubucuruzi...