Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Alexei Navalny Utavugaga Rumwe Na Putin Yaguye Muri Gereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Alexei Navalny Utavugaga Rumwe Na Putin Yaguye Muri Gereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2024 2:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Biravugwa ko uyu mugabo utavugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Vladmir Putin yaguye muri gereza nyuma yo kugwa abanje umutwe. Yari afungiye muri imwe muri gereza zikomeye zo mu Burusiya iba ahitwa Siberia.

Kuri uyu wa Gatanu ubwo yari avuye mu rugendo ruto rw’amaguru ngo yinjiye muri gereza aho yari asanzwe afungirwa, yumva nta meze neza agira isereri aragwa arapfa.

Yapfuye afite imyaka 47 y’amavuko, akaba yari yarakatiwe gufungwa imyaka 19.

Alexei Navalny yigeze gusimbuka urupfu ubwo yarogwaga ahawe uburozi bita Novichok.

Mu minsi ishize yari aherutse kugaragara kuri video yari yateguwe n’urukiko ngo agire icyo arubwira.

Itangazamakuru ryo mu Burusiya rivuga ko yagaragaraga nk’umuntu umeze neza, udafite ikibazo gikomeye.

Urupfu rwe rwababaje benshi mu Burayi kuko hari nabatatinye kuvuga ko yishwe n’ubutegetsi bwa Putin.

Ababivuze mbere y’abandi ni abo mu gihugu cya Latvia ndetse n’Ubufaransa ngo bwavuze ko Navalny yazize kutemera gukorana n’igitugu cya Putin.

Ikigo cy’itangazamakuru cy’Uburusiya TASS  kivuga ko mu minsi yabanjirije urupfu rwe, nta kintu kigeze cyumvikana cy’uko Alexei Navalny yaba arwaye cyangwa afite undi muze uwo ari wo wose.

Perezida Putin ngo yamenyeshejwe iby’urupfu rwa Navalny.

TAGGED:BurusiyaGerezaNavalnyPutinTASS
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwiyemeje Gucuruzanya Na Namibia
Next Article Kigali: Habonetse Imirambo Itatu Muri Ruhurura Ya Rwampala
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Aba Wazalendo Bongeye Kuba Benshi Muri Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

I Goma Hageze Imiti Y’Ibibembe N’Igituntu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?