Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Algérie Nticana Uwaka Na Leta Ziyunze Z’Abarabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Algérie Nticana Uwaka Na Leta Ziyunze Z’Abarabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2024 11:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakurikiranira hafi politiki y’ibihugu by’Abarabu bavuga ko guhera mu mwaka wa 2021, hari umwuka mubi hagati ya Leta ziyunze z’Abarabu n’igihugu cya Algérie( nacyo cy’Abarabu).

Uko iminsi yahitaga indi igataha, buri gihugu cyabaga gifite icyo gishinja ikindi ariko bibanza gukorwa mu ibanga, bucece!

Icyakora biherutse gufata indi ntera mu mpeshyi y’umwaka ushize.

Kuva icyo gihe ab’i Abou Dhab bashinja Algérie kubangamira inyungu zabo n’aho ab’i Alger bakavugaga ko Leta ziyunze z’Abarabu bari gukorana na Maroc na Israel kugira ngo babangamira Algerie.

Muri uko kuyibangamira ngo harimo no gushaka guhungabanya umutekano wayo.

Bivugwa ko Algerie ikorana bya hafi na Turquie, Qatar na Iran mu gihe Leta zunze ubumwe z’Abarabu zo zikorana na Israel na Maroc.

Ahandi ibi bihugu bitumvikana, nk’uko RFI, ibivuga no ku bibera muri Libya.

Abu Dhabi ishyigikiye Marchal Haftari ufite igice kinini cy’Uburasirazuba bwa Libya mu gihe Alger ishyigikiye abari ku butegetsi mu Murwa mukuru Tripoli.

Perezida wa Algeria Abdelmadjid Tebboune
TAGGED:AbarabuAlgerieLetaTurquie
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Amashyuza Agiye Kujya Arindirwa Umutekano
Next Article Abanyeshuri Ba UR Bongeye Guhabwa Mudasobwa Nyuma Y’Izo ‘Bagurishije’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?