Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Algérie Nticana Uwaka Na Leta Ziyunze Z’Abarabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Algérie Nticana Uwaka Na Leta Ziyunze Z’Abarabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2024 11:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakurikiranira hafi politiki y’ibihugu by’Abarabu bavuga ko guhera mu mwaka wa 2021, hari umwuka mubi hagati ya Leta ziyunze z’Abarabu n’igihugu cya Algérie( nacyo cy’Abarabu).

Uko iminsi yahitaga indi igataha, buri gihugu cyabaga gifite icyo gishinja ikindi ariko bibanza gukorwa mu ibanga, bucece!

Icyakora biherutse gufata indi ntera mu mpeshyi y’umwaka ushize.

Kuva icyo gihe ab’i Abou Dhab bashinja Algérie kubangamira inyungu zabo n’aho ab’i Alger bakavugaga ko Leta ziyunze z’Abarabu bari gukorana na Maroc na Israel kugira ngo babangamira Algerie.

Muri uko kuyibangamira ngo harimo no gushaka guhungabanya umutekano wayo.

Bivugwa ko Algerie ikorana bya hafi na Turquie, Qatar na Iran mu gihe Leta zunze ubumwe z’Abarabu zo zikorana na Israel na Maroc.

Ahandi ibi bihugu bitumvikana, nk’uko RFI, ibivuga no ku bibera muri Libya.

Abu Dhabi ishyigikiye Marchal Haftari ufite igice kinini cy’Uburasirazuba bwa Libya mu gihe Alger ishyigikiye abari ku butegetsi mu Murwa mukuru Tripoli.

Perezida wa Algeria Abdelmadjid Tebboune
TAGGED:AbarabuAlgerieLetaTurquie
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Amashyuza Agiye Kujya Arindirwa Umutekano
Next Article Abanyeshuri Ba UR Bongeye Guhabwa Mudasobwa Nyuma Y’Izo ‘Bagurishije’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?