Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 October 2025 6:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Aline Gahongayire ari gukorana na Bruno K ngo amufashe kumenyekanisha umuziki we muri Uganda.

Muri iki gihe uyu muhanzi uri mu myiteguro y’igitaramo azakorera i Kampala.

Bruno. K (yitwa Bruno Kiggundu) ni umuhanzi wo muri Uganda uzwi mu ndirimbo nka “Faridah,” “Omuwala” n’izindi.

Yamenyekanye cyane nyuma yo kuba uwa kabiri mu irushanwa rya Airtel Trace Music Stars.

Gahongayire yabwiye itangazamakuru ko yahisemo gukoresha uriya muhanzi ngo amubere n’umujyanama mu bya muzika wibanda ku mayeri yo kumenyekanisha umuziki we muri Uganda.

Ntaratangaza igihe igitaramo cye kizabera.

Aherutse gukorera mu Burayi ibindi bitaramo harimo i Bruxelles mu Bubiligi n’i Paris mu Bufaransa.

Aline Gahongayire aririmba indirimbo ziramya Imana.

Yavutse mu mwaka wa 1986, akaba akomoka muri Kamonyi y’ubu.

Umuziki we uhimbaza Imana, akawuvangamo no guha abantu inama z’imyitwarire iboneye.

Yashinze ikigo yise Ndineza Organization kandi indirimbo ze zamenyekanye ni Ndanyuzwe, Ubu Ndashima, Izindi Mbaraga…

TAGGED:featuredGahongayireIndirimboUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’Abanyarwanda Bo Muri Afurika Y’Epfo Ruri Mu Rwanda Kureba Ibiruranga
Next Article Ese APR FC Iri Ku Rwego Rwo Gukina N’Amakipe Nka Pyramids FC?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?