Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza...
Umuhanzi wo muri Tanzania, Harmonize yaarye ageze i Kigali. Bivugwa ko aje kwitemberera kuko nta gitaramo yatangaje. Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na mugenzi...
Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’...
Radio France Internationale muri iki gihe iri gucishaho indirimbo y’Umunyarwandakazi Alyn Sano yiswe Say Less. Mu Kinyarwanda ni ‘Vuga Uziga’ Ni indirimbo yakoranye na bagenzi be...
Rastaman wo muri Côte d’Ivoire witwa Alpha Blondy yasohoye indirimbo avuga ko nta cyabuza izuba kurasira u Rwanda. Avugamo ko ibihe bibi rwaciyemo rwamaze kubisiga inyuma,...