Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2021 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yageneye ubutumwa Abanyarwanda abifuriza kugira umunsi mwiza wo kwibohora, abibutsa ko batagomba gutezuka ku iterambere biyemeje.

Ubutumwa yacishije kuri Twitter bwibukije abantu ko Inkotanyi z’ubu zirusha imbaraga izo baheruka kandi ko Abanyarwanda biyemeje kudatezuka ku iterambere ryabo.

Ati: “ Muri iki gihe twizihiza umunsi wo kwibohora kw’Abanyarwanda, mureke dusubize amaso inyuma turebe aho twavuye biduhe uburyo bwo guhanga amaso aho tujya. Amaboko yabohoye u Rwanda yongereye ingufu.”

Ubutumwa bwe burangira bwifuriza ababohoye u Rwanda kuzagira ishya n’ihirwe, abasabira imigisha y’Imana n’iy’abakurambere b’u Rwanda.

Mushikiwabo kandi yishimiye ko umunsi wo kwibohora w’u Rwanda n’ubwigenge bwarwo wahuriranye n’umunsi Abanyamerika baboneye mo ubwigenge bigobotoye Abongereza.

Yaranditse ati: “ Ni umunsi uvuze byinshi kuri njye kuko mu Rwanda niho navukiye, muri Amerika harokora ubuzima bwanjye muri Jenoside yakorewe Abatutsi.”

Mushikiwabo wigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, muri iki gihe ni Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, OIF.

TAGGED:featuredJenosideKwibohora. featuredMushikiwaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’Afghanistan Zirashaka Kwirukana Abatalibani Bazibereye Ibamba!
Next Article Papa Francis Yabazwe Mu Mara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?