Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2021 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yageneye ubutumwa Abanyarwanda abifuriza kugira umunsi mwiza wo kwibohora, abibutsa ko batagomba gutezuka ku iterambere biyemeje.

Ubutumwa yacishije kuri Twitter bwibukije abantu ko Inkotanyi z’ubu zirusha imbaraga izo baheruka kandi ko Abanyarwanda biyemeje kudatezuka ku iterambere ryabo.

Ati: “ Muri iki gihe twizihiza umunsi wo kwibohora kw’Abanyarwanda, mureke dusubize amaso inyuma turebe aho twavuye biduhe uburyo bwo guhanga amaso aho tujya. Amaboko yabohoye u Rwanda yongereye ingufu.”

Ubutumwa bwe burangira bwifuriza ababohoye u Rwanda kuzagira ishya n’ihirwe, abasabira imigisha y’Imana n’iy’abakurambere b’u Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mushikiwabo kandi yishimiye ko umunsi wo kwibohora w’u Rwanda n’ubwigenge bwarwo wahuriranye n’umunsi Abanyamerika baboneye mo ubwigenge bigobotoye Abongereza.

Yaranditse ati: “ Ni umunsi uvuze byinshi kuri njye kuko mu Rwanda niho navukiye, muri Amerika harokora ubuzima bwanjye muri Jenoside yakorewe Abatutsi.”

Mushikiwabo wigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, muri iki gihe ni Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, OIF.

TAGGED:featuredJenosideKwibohora. featuredMushikiwaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’Afghanistan Zirashaka Kwirukana Abatalibani Bazibereye Ibamba!
Next Article Papa Francis Yabazwe Mu Mara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?