Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukino Wa Man Utd Na Liverpool Wasubitswe Kubera Imyigaragambyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umukino Wa Man Utd Na Liverpool Wasubitswe Kubera Imyigaragambyo

admin
Last updated: 02 May 2021 6:54 pm
admin
Share
SHARE

Abafana ba Manchester United F.C bakoze imyigaragambyo binjira muri stade Old Trafford mbere y’umukino na Liverpool F.C, bituma usubikwa.

Bashinja abaherwe bagize umuryango wa Glazer ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuba barungutse miliyari nyinshi z’amadolari kuva bagura Manchester United, ariko ntibakore ibishoboka ngo igumane igitinyiro yahoranye.

Ubwo abafana bageraga muri Old Trafford bacanye imiriro, bituma stade ihita ifungwa mu gihe yiteguraga kwakira umukino mu masaha make.

Abakinnyi biteguraga umukino na Liverpool F.C wagombaga gutangira 17:30 bagumye muri Lowry Hotel, ntibahita bajya ku kibuga.

Hahise hakorana inama hibazwa niba umukino uba nyuma y’uko abafana bari binjiye muri Stade kandi bitemewe, mu rwego rwo gukumira icyorezo cya COVID-19.

Hemejwe ko umukino uba wigijwe inyuma, ariko haza gufatwa icyemezo ko usubikwa.

Imyigaragambyo ikomeje kuba guhera ubwo mu minsi ishize Manchester United yinjiye mu makipe 12 yari yatangije irushanwa ryiswe European Super League, ryagombaga guhangana na UEFA Champions League ikundwa cyane i Burayi.

Ryaje kwamaganwa bikomeye bituma risubikwa, ndetse abayobozi b’amakipe babigizemo uruhare bahatirwa n’abafana gusaba imbabazi.

Abafana bakomeje kwamagana abaherwe ba nyir’ikipe
Binjiye mu kibuga ari benshi cyane
Bari bitwaje imiriro ku kibuga
Polisi ntabwo yabashije gukumira abafana bose
TAGGED:featuredLiverpool FCManchester UnitedOld Trafford
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwifatanyije Na Israel Iri Mu Cyunamo
Next Article Perezida Ndayishimiye Yirukanye Minisitiri Amuziza Kugurisha Indege Ya Leta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?