Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Gen Mubarakh Muganga Yakiriye Abasirikare Bakuru Ba Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Amafoto: Gen Mubarakh Muganga Yakiriye Abasirikare Bakuru Ba Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 June 2021 5:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera tariki 12 kugeza tariki 19, Kamena, 2021 itsinda ry’abasirikare bo muri Nigeria bayobowe na Brigadier General Aniedi Edet bari mu Rwanda mu ruzinduko shuri. Kuri uyu wa Kabiri bahuye na Lieuftenant General Mubarakh Muganga uyoboza ingabo z’u Rwand zirwanira ku butaka baganira imikoranire y’ingabo z’ibihugu byombi.

Brig Edet yavuze ko muri iki gihe hari amatsinda y’ingabo za Nigeria yasuye ibihugu bitandukanye ariko ko itsinda rye[rya karindwi] ryahisemo kuza mu Rwanda kugira ngo rirebe uko ingabo zarwo zikoresha ikoranabuhanga mu kuvura abarwanyi bityo rigire amasomo ribikuramo.

Yagize ati: “ U Rwanda ni igihugu gikorana na Nigeria muri byinshi. Hari gahunda duhururiyeho mu guhana imyitozo igenewe abasirikare bakuru kandi ubu bufatanye bumaze igihe.”

Bagiranye ibiganiro

Itsinda rye rikigera mu Rwanda ryasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi.

Barateganya kuzasura Minisiteri y’ubuzima, bagasura ikigo cy’igihugu gishinzwe ikoranabuhanga, Rwanda Information Society Authority (RISA), Koperative Zigama CSS, Military Medical Insurance, ibitaro bikuru bya gisirikare by’u Rwanda( Rwanda Military Hospital, Ingoro y’Amateka yo kubohora u Rwanda, Ingoro ndangamurage y’i Huye n’izindi nzego za Leta y’u Rwanda.

Gen Edet na Gen Muganga
Nigeria hari impano yahaye RDF
Ifoto rusange
Basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi

Photos@RDF

TAGGED:featuredIngaboMugangaNigeriaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukungu Bw’u Rwanda Bwongeye Kuzamuka Nyuma Y’Amezi Icyenda
Next Article Israel na Palestine Umuriro WONGEYE WATSE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?