Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Gupimira Abaturage Mu Tugari, Min Gatabazi Yagiye Muri Kicukiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Gupimira Abaturage Mu Tugari, Min Gatabazi Yagiye Muri Kicukiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 July 2021 11:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kureba uko igikorwa cyo gupima uko ubwandu buhagaze mu batuye utugari tw’imirenge yose ya Kigali kiri kugenda, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu JMV Gatabazi yagiye mu Kagari ka Rukatsa, Umurenge wa Kagarama mu Karere ka Kicukiro.

Mugenzi we w’ubuzima Dr Daniel Ngamije aherutse kubwira itangazamakuru ko abantu bazapimwa bazaba bagize 15% by’abantu bose batuye akagari, kandi bazaba bafite guhera ku myaka 18 y’amavuko kuzamura.

Dr  Ngamije icyo gihe yavuze ko abagize umuryango runaka uzatombozwa ukamenyeshwa ko ugomba kujya gupimwa, bagomba kuzabyitabira kandi abizeza ko bazapimwa ubwandu bwa kiriya cyorezo ku buntu.

Ubuyobozi bw’ibanze buvuga ko umuntu wese utuye akagari runaka wahawe agapapuro kamumenyesha ko ari mu bazapimwa agomba kwihutira kugera kuri site y’Akagari atuyemo, agapimwa.

Umujyi wa Kigali n’utundi turere umunani mu turere 30 tw’u Rwanda bashyizwe muri Guma mu rugo.

Ni nyuma y’uko ubwandu bwiyongereye cyane, bigatuma hari Abanyarwanda benshi bapfa abandi bakaba barembye.

Minisitiri Gatabazi yagiye kureba uko abatuye Akagari ka Rukatsa mu murenge wa Kicukiro hafi y’Ibiro by’Akarere bipimisha
Barafatwa ibipimo byo mu zuru
Ni uburyo bukorwa byihuse, umuntu agatahana igisubizo
Hagomba gupimwa 15% by’abatuye Akagari bose
TAGGED:AbanyarwandaCOVID-19featuredGatabaziGupimaMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuvuno W’Umwami Mswati III Wo Gusubiza Ibintu Mu Buryo
Next Article Urukingo Pfizer ‘Rufite Ubushobozi Buke’ Kuri COVID-19 Ya Delta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?