Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Indege Yari Irimo Abantu 133 Bose Bashobora Kuba Ntawarokotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amafoto: Indege Yari Irimo Abantu 133 Bose Bashobora Kuba Ntawarokotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 March 2022 2:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 21, Werurwe, 2022 hatangajwe impanuka ikomeye y’indege nini itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Boeing 737 yahanutse mu bilometero birenge 30 iraturika. Amakuru ababaje avuga ko kugeza ubu nta kizere ko hari uwayirokotse.

Amafoto yamaze kujya ahagaragara arerekana indege yaguye ahantu hasa n’ahari urutoki mu Misozi ituriye Umujyi wa Wuzhou.

Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yategetse abatabazi kuhagera vuba na bwangu bakareba ko hari uwo baramira ariko icyizere cy’uko hari uwaboneka ni gicye.

Video yatangajwe na Televiziyo y’u Bushinwa yitwa Central China Television( CCTV) agaragaza indege ihanuka icuritse yikubita hasi iraturika.

Perezida w’u Bushinwa kandi yategetse ko hahita hatangizwa iperereza ku cyayiteye.

Iriya ndege yari ifite ibirango bya MU5735 ikaba yavaga mu Mujyi wa  Kunming mu Ntara ya Guangzi.

Amashusho yerekana aho iyi ndege yikubise nyuma yo guhanuka
Ishami ry’ingabo z’u Bushinwa ryahise ritegekwa kujya gutabara
Ni indege yari irimo abantu 133
Bimwe mu bisigazwa by’iyi ndege nyuma yo guturika
Indege yari imaze igihe gito ihagurutse
Umwotsi wahise ukwira mu kirere
Abagenzi ku bibuga by’indege bakutse umutima
TAGGED:BushinwafeaturedImpanukaIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Abaturage Batangiye Ibikorwa By’Isuku Bitegura CHOGM
Next Article Ambasaderi W’u Bushinwa Mu Rwanda Ucyuye Igihe Yasezeye Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?