Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Kainerugaba Muri Kigali Arena
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Kainerugaba Muri Kigali Arena

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 3:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma kuva gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yahise akomereza muri Kigali Arena aho yerekaniye ubuhanga bwe mu gukina Basketball.

Hari amafoto yagaragaye ari gutera umupira mu nkangara abandi bakinnyi ba  Basketball bateramo iyo bashaka gutsinda ibitego.

Mu gitondo yasuye Urwibutso rwa Gisozi

Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri yari yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo avuga ko ibyahabereye bidakwiye kuzongera kuba ukundi.

Yashimye Leta y’u Rwanda ko yashyizeho inzibutso kugira ngo zizafashe ibisekuru bizaza kumenya ko mu Rwanda higeze kuba Jenoside yakorewe Abatutsi bityo birinde icyayiteye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Ni umugabo muremure waberwa no gukina Basket

Nyuma y’igihe gito yari amaze avuye  mu Rwanda guhura na Perezida warwo Paul Kagame, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Werurwe, 2022 yagarutse mu Rwanda kuganira nawe ku zindi ngingo zirebana no kunoza umubano hagati y’u  Rwanda na Uganda.

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ni umuhungu wa Perezida Museveni, umujyanama we mu bya gisirikare ndetse akaba ari nawe Mugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka.

Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege i Kanombe, kuri uyu wa Mbere yakiriwe na bamwe mu basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda.

TAGGED:Arena. KagameBasketfeaturedKigaliMuhoozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwandakazi Bagiye Kumurika Ubukorikori Bwabo
Next Article Undi Munyamakuru Yiciwe Muri Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?