Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu...
Kuri Twitter Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yanditse ko yisegura ku baturage ba Kenya n’abandi batuye Afurika y’i Burasirazuba kubera ubutumwa umuhungu Gen Muhoozi Kainerugaba amaze...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda akaba na Perezida w’iki gihugu Yoweli Museveni aherutse guhamagara abasirikare bakuru mu ngabo ze akoresheje icyombo, abo basirikare bakuru barimo n’umuhungu...
Perezida Paul Kagame ari muri Uganda aho yitabiriye ibirori byo ku rwego rwo hejuru byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wujuje imyaka 48...
Umunyamakuru wa Daily Monitor witwa Stephen Otage yazindukiye ahari bubere igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Mu rwego rwo gufasha abazindutse gutegereza...