Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda akaba na Perezida w’iki gihugu Yoweli Museveni aherutse guhamagara abasirikare bakuru mu ngabo ze akoresheje icyombo, abo basirikare bakuru barimo n’umuhungu...
Perezida Paul Kagame ari muri Uganda aho yitabiriye ibirori byo ku rwego rwo hejuru byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wujuje imyaka 48...
Umunyamakuru wa Daily Monitor witwa Stephen Otage yazindukiye ahari bubere igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Mu rwego rwo gufasha abazindutse gutegereza...
Massamba yabwiye Taarifa ko nyuma yo kubona ubutumire yahawe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ngo azaze kumutaramira mu birori by’umunsi mukuru yizihiza italiki yavukiye, byamushimije. Yatubwiye...
Ubutegetsi bwa Uganda bwafashe umwanzuro wo kwirukana ku butaka bwayo umwe mu bayobozi ba RNC ari we Robert Mukombozi. Amakuru Taarifa ikura muri bamwe mu bakorana...