Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Minisitiri Gatabazi Mu Ruzinduko I Rusizi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Amafoto: Minisitiri Gatabazi Mu Ruzinduko I Rusizi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2021 12:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean  Marie Vianney Gatabazi akomeje uruzinduko ari kugirira mu turere tw’Intara y’i Burengerazuba. Kuri uyu wa Gatandatu yasuye Akarere ka Rusizi.

Yasuye ahantu hatandukanye harimo ku mupaka wa Rusizi I, asura ikiraro kiri ku mugezi wa Rubyiro, uyu mugezi ukaba ari nawo uvamo amazi yuhira umuceri uhinze mu kibaya vya Bugarama.

Yahaye inama abakora muri kiriya kibaya n’abandi kugira ngo  babungabunge uriya mugezi  kugira ngo mu gihe kirambye utazongera kuba ikibazo ku bahinzi b’umuceri.

Minisitiri Gatabazi yari amaze iminsi asura uturere twa Ngororero, Nyabihu, Rubavu, Nyamasheke, Rusizi.

Abayobozi bakuru mu ngabo na Polisi bari baherekeje Min Gatabazi
Hari na Guverineri Francois Habitegeko
Yabahaye inama z’uburyo bakwita ku mugezi wa Rubyiro uha amazi ikibaya rya Bugarama
Habaye ikiganiro gifatika hagati y’abaturage n’abayobozi
TAGGED:featuredGatabaziIntaraNgororeroNyabihuNyamashekeRubavuRusiziUturere
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Za Nigeria Yaguye Mu Mpanuka Y’Indege
Next Article Bakangishije Abantu Imbunda Z’Ibipupe Babiba Amafaranga( Frw) Menshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?