Mu Biro by’Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu hamaze igihe hari imibiri 12 iri mu bubiko bw’uyu Murenge. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo witwa Faustin Nkurunziza yabwiye...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere...
Amakuru Taarifa ikesha abari mu Karere ka Rubavu aravuga ko hari imyiteguro yo kwakira Perezida Kagame Paul uri busure aka karere mu rwego rwo kwirebera ubukana...