Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Perezida Kagame Yakiriye Abayobora MasterCard Foundation
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Perezida Kagame Yakiriye Abayobora MasterCard Foundation

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 June 2022 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame mu Biro bye yakiriye abayobora Ikigo MasterCard Foundation mu Rwanda baraganira. Ntiharatangazwa ibyaganiriweho. Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi  ya Mastercard Foundation witwa Zein M. Abdalla.

Ubusanzwe Mastarcard Foundation ni ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gikora imirimo yo guteza imbere urubyiruko mu ngeri z’ubuzima zitandukanye harimo no kwihangira imirimo.

Ibikorwa byayo bikorerwa mu miryango y’abatishoboye cyangwa itaratera imbere mu yo muri Canada ndetse niyo muri Afurika.

Gishyira imbaraga mu gutuma urubyiruko rw’abagenerwabikorwa rugira ubushobozi bwo gutanga ibitekerezo biruteza imbere no guharanira ko ibyo bitekerezo bituma bigirira n’ibihugu akamaro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu gushyira mu bikorwa izi ntego, Mastecard Foundation ikorana n’ibigo by’abikorera, abaterankunga runaka na sosiyete sivile.

Muri Afurika, uyu muryango ukorera muri Ethiopia, Ghana, Kenya, Nigeria, Rwanda, Senegal na Uganda.

Perezida Kagame yizihiwe n’ikiganiro cya bariya bashyitsi
Barimo abantu bakuru bishyize hamwe n’abakiri bato ngo bahindure ubuzima bwa benshi bube bwiza.
Yabakiririye mu Biro bye mu Urugwiro
Ifoto rusange y’abashyitsi hamwe na Perezida Kagame
TAGGED:AfurikafeaturedKagameMastercardUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kuzagurisha Zahabu Abazitabira CHOGM
Next Article Ntabwo u Rwanda Rushaka Kurwana Na DRC- Minisitiri Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?