Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Perezida Kagame Yakiriye Abayobora MasterCard Foundation
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Perezida Kagame Yakiriye Abayobora MasterCard Foundation

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 June 2022 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame mu Biro bye yakiriye abayobora Ikigo MasterCard Foundation mu Rwanda baraganira. Ntiharatangazwa ibyaganiriweho. Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi  ya Mastercard Foundation witwa Zein M. Abdalla.

Ubusanzwe Mastarcard Foundation ni ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gikora imirimo yo guteza imbere urubyiruko mu ngeri z’ubuzima zitandukanye harimo no kwihangira imirimo.

Ibikorwa byayo bikorerwa mu miryango y’abatishoboye cyangwa itaratera imbere mu yo muri Canada ndetse niyo muri Afurika.

Gishyira imbaraga mu gutuma urubyiruko rw’abagenerwabikorwa rugira ubushobozi bwo gutanga ibitekerezo biruteza imbere no guharanira ko ibyo bitekerezo bituma bigirira n’ibihugu akamaro.

Mu gushyira mu bikorwa izi ntego, Mastecard Foundation ikorana n’ibigo by’abikorera, abaterankunga runaka na sosiyete sivile.

Muri Afurika, uyu muryango ukorera muri Ethiopia, Ghana, Kenya, Nigeria, Rwanda, Senegal na Uganda.

Perezida Kagame yizihiwe n’ikiganiro cya bariya bashyitsi
Barimo abantu bakuru bishyize hamwe n’abakiri bato ngo bahindure ubuzima bwa benshi bube bwiza.
Yabakiririye mu Biro bye mu Urugwiro
Ifoto rusange y’abashyitsi hamwe na Perezida Kagame
TAGGED:AfurikafeaturedKagameMastercardUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kuzagurisha Zahabu Abazitabira CHOGM
Next Article Ntabwo u Rwanda Rushaka Kurwana Na DRC- Minisitiri Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?