Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umugaba W’Ikirenga Yeretswe Uko Ingabo Zatorejwe i Gabiro Zibigenza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Umugaba W’Ikirenga Yeretswe Uko Ingabo Zatorejwe i Gabiro Zibigenza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2023 7:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza.

Ni imyitozo ikomatanyije yahuje abasirikare batandukanye yari imaze iminsi ibera mu kigo cy’ibanze cya gisirikare kiri mu Karere Gatsibo ahitwa i Gabiro.

Bayihaye izina rya Exercise Hard Punch 04/2023.

Iyi myitozo iragaragaza uko ingabo z’u Rwanda zigota kandi zikuvuna umwanzi binyuze mu kumuca hirya no hino bayunze  ku butaka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Herekaniwemo kandi uko indege z’intambara zifasha ingabo zo ku butaka kwigizayo umwanzi cyangwa kumwirukana aho yari yaragize ibirindiro.

Perezida Kagame kandi yaboneyeho no kuganira n’abasirikare barimo abakuru bakiri mu kazi n’abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Perezida Kagame yaboneyeho kubaganiriza
Barimo abasirikare bato n’abayobozi babo
Banyuzamo bagashyiraho ka Moral
Indege z’intambara z’u Rwanda mu myiyerekano
Perezida Kagame (hagati) ari kumwe na Lt Gen Mubarakh Muganga( umugaba w’ingabo) na Min wazo Juvenal Marizamunda
Bareberaga mu ikoranabuhanga uko operations za RDF zikorwa
Perezida Kagame ubwo yari ageze i Gabiro
TAGGED:featuredGabiroImyitozoIndegeIngaboIntambaraKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwangiza Ibidukikije, Amakimbirane Mu Ngo…Ibyaha Biboneka Muri Kayonza
Next Article Alpha Blondy Yabwiye Abanyaburayi Ko Aribo Bateza Iterabwoba Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?