Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umugaba W’Ikirenga Yeretswe Uko Ingabo Zatorejwe i Gabiro Zibigenza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Umugaba W’Ikirenga Yeretswe Uko Ingabo Zatorejwe i Gabiro Zibigenza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2023 7:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza.

Ni imyitozo ikomatanyije yahuje abasirikare batandukanye yari imaze iminsi ibera mu kigo cy’ibanze cya gisirikare kiri mu Karere Gatsibo ahitwa i Gabiro.

Bayihaye izina rya Exercise Hard Punch 04/2023.

Iyi myitozo iragaragaza uko ingabo z’u Rwanda zigota kandi zikuvuna umwanzi binyuze mu kumuca hirya no hino bayunze  ku butaka.

Herekaniwemo kandi uko indege z’intambara zifasha ingabo zo ku butaka kwigizayo umwanzi cyangwa kumwirukana aho yari yaragize ibirindiro.

Perezida Kagame kandi yaboneyeho no kuganira n’abasirikare barimo abakuru bakiri mu kazi n’abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Perezida Kagame yaboneyeho kubaganiriza
Barimo abasirikare bato n’abayobozi babo
Banyuzamo bagashyiraho ka Moral
Indege z’intambara z’u Rwanda mu myiyerekano
Perezida Kagame (hagati) ari kumwe na Lt Gen Mubarakh Muganga( umugaba w’ingabo) na Min wazo Juvenal Marizamunda
Bareberaga mu ikoranabuhanga uko operations za RDF zikorwa
Perezida Kagame ubwo yari ageze i Gabiro
TAGGED:featuredGabiroImyitozoIndegeIngaboIntambaraKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwangiza Ibidukikije, Amakimbirane Mu Ngo…Ibyaha Biboneka Muri Kayonza
Next Article Alpha Blondy Yabwiye Abanyaburayi Ko Aribo Bateza Iterabwoba Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?