Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto:Abanya Kenya Bariraye Ku Kababa Bajya Gutora Umuyobozi Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amafoto:Abanya Kenya Bariraye Ku Kababa Bajya Gutora Umuyobozi Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 August 2022 8:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ya kare cyane kuri uyu wa Kabiri Taliki 09, Kanama, 2022 abaturage ba Kenya bazindutse mu ruturuturu bajya gutora uzabayobora muri Manda y’imyaka itamu. Imibare ya Komisiyo y’igihugu cy’amatora muri Kenya ivuga ko abaturaga miliyoni 22 ari bo biyandikishije ku ifishi y’itora.

Abakandida bakomeye bahabwa amahirwe ko umwe muri bo ari we uri butorwe ni Raila Odinga w’ishyaka Azimio na William Ruto w’ishyaka Kenya Kwanza.

Mu gace ka Mombasa abashygikiye Odinga bagize ihuriro bise Firimbi Movement bazindikiye mu muhanda bakangirira abantu kubyuka bakajya gutora umukandida wabo

Uwo Odinga yahisemo ngo azamubere Visi Perezida witwa Madamu Martha Karua nawe yazindutse mu ba mbere ngo atorere ahitwa Kirinyagsa.

Odina na Karua nibo bahabwa amahirwe yo kuza gutinda aya matora n’ubwo na William Ruto atoroshye kuko ari we umaze iminsi atangazwa ko abarya isataburenge mu majwi menshi.

Utorerwa kuyobora Kenya araba asimbuye Uhuru Kenyatta wari umaze imyaka icumi ayobora iki gihugu kuko yatowe muri Manda ebyiri zikurikiranya.

Abaturage bazindute ngo batore hakiri kare bisubirire mu mirimo yabo
Ni amatora aba buri myaka itanu
Martha Karua ubwo yari agiye gutora
Bamuha aho atera igikumwe

Amafoto@The Star

TAGGED:AbaturageAmatorafeaturedKaruaKenyaOdingaRuto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwo Kenny Sol Ashinja Kumwambura Ati: ‘Abasangira Ubusa Bitana Ibisambo’
Next Article Umwihariko Wa Minisiteri Y’Ishoramari Rya Leta N’Uwa Minisiteri Y’Imari N’Igenamigambi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?