Nusoma neza uzasanga mu ndangagaciro za Polisi y’u Rwanda harimo Serivisi, Kurinda n’Ubunyangamugayo. Akenshi abantu bumva ko nta kindi umupolisi w’u Rwanda ashinzwe uretse umutekano w’Abanyarwanda...
Abagize Inama Njyanama z’Imirenge yose igize Akarere ka Nyarugenge baraye bibukijwe inshingano zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi niwe wazibibukije ababwira ko imwe mu...
Umwe mu basikare bari baje gufatanya n’urubyiruko rugize Ihuriro bise YURI ni ukuvuga , Youth Unity Rwanda Imihigo, yavuze ko kuba mu Rwanda hari urubyiruko ruhuza...
Ubuyobozi bw’Ikigo gitunganya kikanagurisha amazi kitwa JIBU buherutse guha abarema isoko ry’i Rwamagana, i Gishari, ryigurishirizwamo imbuto n’imboga amazi atunganywa na ruriya ruganda kugira ngo bibarinde...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri gukora ibishoboka byose ngo amakosa yagaragaye mu mishinga yo kubaka imidugudu yakozwe mbere...