Raporo isobanura uko abatuye umujyi wa Kigali babayeho n’uko babona ibyo bakorerwa yitwa Citizen Report Card, CRC, y’umwaka wa 2022 yerekana ko Akarere ka Kicukiro ari...
WASAC yamenyesheje abatuye imirenge imwe n’imwe y’Umujyi wa Kigali n’indi yo mu Karere ka Kamonyi ko kuva tariki ya 8 -22 Kamena, 2023 hazaba ibura ry’amazi....
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo gusuzuma ubukana ibiza byangije ibikorwaremezo byari bifite, yasanze hazakenerwa Miliyari Frw 296 zo kubisana mu buryo burambye. Kugeza ubu...
Inyeshyamba za ADF zikomeje kubera ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ihwa mu kirenge. Nta gihe kinini gishira zitishe abaturage mu bice bitandukanye by’iki gihugu....
Abaturage 170 bo mu Midugudu itanu igize Umujyi wa Bangassou bahawe imiti n’abapolisi b’u Rwanda basanzwe bakorera muri Centrafrique. Abapolisi b’u Rwanda bakoreye bariya baturage kiriya...