Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto:Intwaro Abanyaburayi Boherereje Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amafoto:Intwaro Abanyaburayi Boherereje Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2022 1:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Bwongereza, u Bufaransa, u Budage, u Bubiligi, Portugal,…ni bimwe mu bihugu by’u Burayi byoherereje Ukraine intwaro zikomeye ngo ikomeze yihagarareho imbere y’intare yitwa u Burusiya.

U Bwongereza bwoherereje Ukraine imodoka z’intambara zitamenwa n’amasasu zitwa Mastiffs zikaba ari imodoka nini kandi zishobora guca ahantu  hahanamye cyangwa hanyerera.

Hari na Kajugujugu Leta zunze ubumwe z’Amerika zoherereje Kiev zo mu bwoko bwa Mi-17

Ibisasu bya Missiles byo mu bwoko bwitwa Next Generation Light Anti-tank Weapons (NLAW) nabyo byohorejwe yo.

Ni ibisasu bitaremereye cyane k’uburyo abasirikare bashobora kubyirukankana bakagera kure.

Birasirwa kandi mu buryo n’ahantu aho ari ho hose.

Bifite ubushobozi bwa gusenya igifaro icyo ari cyo cyose.

Missile zitwa Javelin nazo zohererejwe abasirikare ba Ukraine.

Ingabo za Ukraine zerekanye ko zishobora kwihagararaho imbere y’u Burusiya buri mu bihugu bifite ingabo nyinshi kandi zikomeye ku isi.

Imirwanire ihamye y’ingabo za Ukraine yatumye amahanga asanga kuyiha ibindi bikoresho byinshi kandi bigezweho ari ibintu bikwiye.

Ibihugu by’u Burayi byahorereje ingabo za Ukraine ibindi bikoresho birimo n’imodoka  zo ku rugamba, ubwato bw’intambara ndetse n’ibifaro.

Repubulika ya Tchèque yo yahaye abasirikare ba Ukraine imyambaro ya gisirikare abarinda ibikomere.

Bahawe kandi na za drones zo gutuma ku rugamba bita Switchblade drones

Abasirikare b’iki gihugu bahawe n’izindi mbunda za ‘machine guns’ zikomeye.

Za missiles zo gufasha abasirikare ba Ukraine gusenya ibifaro by’Abarusiya
imodoka z’intambara zitamenwa n’amasasu zitwa Mastiffs
Izi ni izitwa Hamvee z’Abanyamerika
Missile za Javelin
Kajugujugu za Mi-17

 

TAGGED:BurusiyafeaturedIntwaroUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Aravugwaho Kwica Umugore We Bapfa Ingurube
Next Article Kagame Ari I Brazzaville
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?