U Bwongereza, u Bufaransa, u Budage, u Bubiligi, Portugal,…ni bimwe mu bihugu by’u Burayi byoherereje Ukraine intwaro zikomeye ngo ikomeze yihagarareho imbere y’intare yitwa u Burusiya....
Ubutegetsi bw’i Moscow bwatangaje ko bugiye gutangira gutegura abasirikare babwo n’ingabo zabo mu rwego rwo kuzakoresha intwaro za kirimbuzi igihe cyose bizaba ngombwa. Putin yarabivuze none...
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko abantu 132 biciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu gace ka Solhan, mu majyaruguru y’icyo gihugu. Iki gitero cyagabwe...
Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano...
Nyuma y’itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko hari abarwanyi bo mu mutwe wa Front de Libération National( FLN) baraye bateye u Rwanda, ingabo zarwo zikabasubizayo, hari...