Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto:Uko Inzu Nini Yiswe INZOVU Igiye Kubakwa I Kigali Izaba Iteye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Amafoto:Uko Inzu Nini Yiswe INZOVU Igiye Kubakwa I Kigali Izaba Iteye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2022 7:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivisi yiswe INZOVU Mall.

Iteganye n’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, ku rubavu rw’ibumoso hakaba Kigali Convention Center, ku muhanda ugana muri feux rouges zo kuri RDB  cyangwa mu mahuriro y’imihanda ijya Kacyiru na Kimihurura hafi ya Kigali Convention Center.

Iriya nzu izakorerwamo serivisi z’ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa, serivisi z’ikoranabuhanga n’izindi zigezweho.

Izubakwa n’Ikigo cy’abahanga mu bwubatsi b’Abafaransa bakorera Ikigo Duval Great Lakes gikorera mu kindi kinini kitwa is Groupe Duval.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umushoramari w’Umunyarwanda witwa Vicky Murabukirwa nawe azaba afite uruhare mu kubaka iyi nzu nini kurusha nyinshi z’ubucuruzi mu Rwanda.

Mu gishushanyo mbonera cy’iyi nzu, bigaragara ko abazayubaka bateganyije uburyo bwo kutangiza ibidukikije cyangwa guhumanya ikirere.

Hateganye n’ahakorera Ingoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda
Hazaba ari ihuriro ry’ibikorwa byinshi
Yubatswe ahahoze hakorera inzego z’ubutabera
TAGGED:AbafaransafeaturedIkigoInzovuInzuKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa UNICEF Yaganiriye Na Jeannette Kagame Ku Iterambere Ry’Umwana
Next Article Urushyi Will Smith Yakubise Umunyarwenya Chris Rock Rumukozeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?