Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto:Uko Inzu Nini Yiswe INZOVU Igiye Kubakwa I Kigali Izaba Iteye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Amafoto:Uko Inzu Nini Yiswe INZOVU Igiye Kubakwa I Kigali Izaba Iteye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2022 7:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivisi yiswe INZOVU Mall.

Iteganye n’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, ku rubavu rw’ibumoso hakaba Kigali Convention Center, ku muhanda ugana muri feux rouges zo kuri RDB  cyangwa mu mahuriro y’imihanda ijya Kacyiru na Kimihurura hafi ya Kigali Convention Center.

Iriya nzu izakorerwamo serivisi z’ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa, serivisi z’ikoranabuhanga n’izindi zigezweho.

Izubakwa n’Ikigo cy’abahanga mu bwubatsi b’Abafaransa bakorera Ikigo Duval Great Lakes gikorera mu kindi kinini kitwa is Groupe Duval.

Umushoramari w’Umunyarwanda witwa Vicky Murabukirwa nawe azaba afite uruhare mu kubaka iyi nzu nini kurusha nyinshi z’ubucuruzi mu Rwanda.

Mu gishushanyo mbonera cy’iyi nzu, bigaragara ko abazayubaka bateganyije uburyo bwo kutangiza ibidukikije cyangwa guhumanya ikirere.

Hateganye n’ahakorera Ingoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda
Hazaba ari ihuriro ry’ibikorwa byinshi
Yubatswe ahahoze hakorera inzego z’ubutabera
TAGGED:AbafaransafeaturedIkigoInzovuInzuKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa UNICEF Yaganiriye Na Jeannette Kagame Ku Iterambere Ry’Umwana
Next Article Urushyi Will Smith Yakubise Umunyarwenya Chris Rock Rumukozeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?