Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto:Uko Inzu Nini Yiswe INZOVU Igiye Kubakwa I Kigali Izaba Iteye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Amafoto:Uko Inzu Nini Yiswe INZOVU Igiye Kubakwa I Kigali Izaba Iteye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2022 7:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivisi yiswe INZOVU Mall.

Iteganye n’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, ku rubavu rw’ibumoso hakaba Kigali Convention Center, ku muhanda ugana muri feux rouges zo kuri RDB  cyangwa mu mahuriro y’imihanda ijya Kacyiru na Kimihurura hafi ya Kigali Convention Center.

Iriya nzu izakorerwamo serivisi z’ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa, serivisi z’ikoranabuhanga n’izindi zigezweho.

Izubakwa n’Ikigo cy’abahanga mu bwubatsi b’Abafaransa bakorera Ikigo Duval Great Lakes gikorera mu kindi kinini kitwa is Groupe Duval.

Umushoramari w’Umunyarwanda witwa Vicky Murabukirwa nawe azaba afite uruhare mu kubaka iyi nzu nini kurusha nyinshi z’ubucuruzi mu Rwanda.

Mu gishushanyo mbonera cy’iyi nzu, bigaragara ko abazayubaka bateganyije uburyo bwo kutangiza ibidukikije cyangwa guhumanya ikirere.

Hateganye n’ahakorera Ingoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda
Hazaba ari ihuriro ry’ibikorwa byinshi
Yubatswe ahahoze hakorera inzego z’ubutabera
TAGGED:AbafaransafeaturedIkigoInzovuInzuKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa UNICEF Yaganiriye Na Jeannette Kagame Ku Iterambere Ry’Umwana
Next Article Urushyi Will Smith Yakubise Umunyarwenya Chris Rock Rumukozeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Igiciro Cy’Ikawa Y’Ibitumbwe Cyazamutseho 25% Ku Kilo

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?