Ku mpamvu z’umutekano we n’uw’abazitabira igitaramo cye, ubutegetsi bw’Uburundi bwanzuye ko igitaramo cy’Umunyarwanda The Ben kizabera mu kigo cya gisirikare. Kizaba taliki 01, Ukwakira, 2023. Amakuru...
Umushinga wo kubaka iyo nyubako watangiye muri Mutarama 2022 ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bubiligi bubinyugije mu masezerano hagati y’Ikigo gishinzwe gutera Inkunga...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, bwasohoye itangazo rikura ku isoko ubwoko 83 bw’amavuta abantu bisiga kubera ko ibinyabutabire biyagize byangiza uruhu. Si amavuta...
Urwego rw’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, rwatangaje ibyavuye mu bikorwa byarwo mu mwaka wa 2022/2023. Imibare y’iki kigo ivuga ko amafaranga yose abizigamiye bakibikije ingana na miliyari Frw...
Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023, Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri)cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazajya ku ishuri. Ni ingengabihe ishingiye hashingiwe kuri gahunda...