Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amavubi Yakiriye Inama Za Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Amavubi Yakiriye Inama Za Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 January 2021 11:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Captaine w'Amavubi Jacques Tuyisenge n'Umutoza VIncent Mashami hamwe n'abandi bakinnyi bumva impanuro za Perezida Kagame
SHARE

Harabura  amasaha make ngo Amavubi y’u Rwanda ahure n’Inzovu zo muri Guinéé bakina umukino wa ¼ bahatanira kugera muri ½ cya CHAN. Yongeye agezwaho ubutumwa yagenewe na Perezida Paul Kagame. Ubutumwa yayahaye mbere y’umukino yakinnye  n’Uduca twa Togo bwayateye akanyabugabo aratsinda.

Igisigaye ni ukureba uko  ari buze kubigenza mu  mukino utegerejwe n’Abanyarwanda benshi.

Minisitiri wa Siporo n’Umuco Madamu Munyangaju Aurore Mimisa niwe wabubagejejeho mu gikorwa cyakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga.

N’ubwo Abanyarwanda bategerezanyije amatsiko intsinzi y’Amavubi y’u Rwanda atsinda Inzovu za Guinée, Polisi yabasabye kwirinda kongera kujya mu mihanda ngo babyine kuko bishobora kubakururira akaga ko kwandura cyangwa kwanduza bagenzi babo COVID-19.

Ubwo yagezaga ubutumwa ku Amavubi mbere y’uko akina  na Togo, Perezida Kagame yabasabye kuza gukinana umutima n’umurava mu mukino, bakawutsinda.

Muri 2016, Perezida Kagame yigeze guha impanuro Amavubi ubwo yiteguraga gukina n’Ikipe ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mukino wa 1/4 wa CHAN.

Icyo gihe Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abakinnyi b’u Rwanda ko igihugu cyose kibari inyuma kandi ko bagomba kwizera kandi bagakoresha ubushobozi bwabo bagatsinda Congo.

Yari yabatumiye muri Village Urugwiro abibutsa ko bagomba kumenya ko bahagarariye Abanyarwanda bose bityo bagakoresha imbaraga zabo zose baba banatsinzwe bakaba ntacyo batagize.

Captaine w’Amavubi Jacques Tuyisenge n’Umutoza VIncent Mashami hamwe n’abandi bakinnyi bumva impanuro za Perezida Kagame
Minisitiri Munyangaju Aurore Mimosa niwe wabagejejeho ubutumwa bagenewe na Perezida Kagame
Bari bateze amatwi bitonze
TAGGED:AmavubiCHANfeaturedGuineeMashamiMunyangajuRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa Bwa Polisi Ku Mupira Uhuza Amavubi Na Guinée
Next Article USA Irashaka Guhana Museveni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?