Muri Lycée de Kigali hafunguwe ikibuga abanyeshuri bo mu bigo by’amashuri yisumbuye bazajya bitorezamo Basketball. Umuhango wo gufungura iki kibuga watangijwe na Minisitiri wa siporo Madamu...
Umwe mu myanzuro y’Inteko rusange ya FERWAFA yaraye iteranye ni uw’uko mu mwaka utaha w’imikino bita season hazatangira ikiciro cya gatatu mu marushanwa y’umupira w’amaguru. Abayobozi...
Mu kiganiro Minisiteri ya Siporo n’abategura irushanwa rya BAL bahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, Kapiteni w’ikipe ya REG Basketball club ihagarariye u...
Ni ibyagarutsweho ubwo hasinywaga amasezerano y’ubufatanye hagati y’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’umupira w’amaguru n’Ishyirahamwe rigamije guteza imbere umukino w’umupira w’amaguru mu mashuri. Aya masezerano yasinyiwe ku cyicaro...
Minisitiri wa Siporo Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yaraye ahaye amagare umunani abakinnyi b’umukino w’amagare bagize Ikipe y’u Rwanda abasaba kuzatwara Tour du Rwanda. Yababwiye ko ibyifuzo...