Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ambasaderi W’ U Bwongereza Yatangajwe N’Ubwiza Bwa Nyandungu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ambasaderi W’ U Bwongereza Yatangajwe N’Ubwiza Bwa Nyandungu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 November 2021 5:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yazengurutsaga ubusitani bw’i Nyandungu  Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza iri mu Rwanda guhera kuri uyu wa Kabiri, Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda Bwana Omar Daair yavuze ko yatangajwe n’uburyo hariya hatunganyijwe.

Ambasaderi Daair yari ari kumwe na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju n’abandi banyacyubahiro bo muri Ambasade n’abo muri Minisiteri.

Kuri Twitter, Ambasaderi Daair yasabye buri wese uzasura u Rwanda atazataha adasuye Nyandungu Eco-Park.

Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri.

Mbere gato y’uko igera mu Rwanda, Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda Omar Daair yari yavuze ko iriya igaragaza umurunga uhuza ibihugu bigize Umuryango mugari wa Commonwealth.

Daair yavuze ko yishimiye ko iriya nkoni isanze ahagarariye u Bwongereza mu Rwanda kandi ngo birashimishije mu gihe ibihugu bigize uriya muryango byitegura kuzitabira imikino izabera i Birmingham  mu mikino ya Commonwealth izaba mu mwaka wa 2022.

Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza izava mu Rwanda tariki 12, Ugushyingo, 2021.

Ambasaderi Daair yavuze ko imikino ya 2022 ari uburyo bwiza bwo guhuza abaturage ba Commonwealth.

Yavuze kandi ko ari byiza ko iriya mikino izaba mu mwaka n’u Rwanda ruzaba rwitegura kwakira Inama y’Abakuru b’ibihugu na Guverinoma zigize Commonwealth.

Inkoni y’umwamikazi i Nyandungu mu mafoto:

Basuye ubusitani burimo ibyatsi bwifashishwa mu buvuzi bwa gakondo
Hari n’abanyeshuri baje kureba uko hariya hantu hateye no kwakira inkoni y’umwamikazi w’u Bwongereza
Abanyeshuri bari bafite amatsiko yo kureba uko hariya hantu hasa no kureba inkoni y’umwamikazi w’u Bwongereza
Haratuje kandi harahehereye
Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza ubwo yatemberezwa i Nyandungu
Abantu bari baherekeje iriya nkongi
Koko habereye ijisho

 

TAGGED:AmbasaderiBwongerezafeaturedNyandungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa BK Dr Diane Karusisi Yahawe Igihembo Cy’Indashyikirwa
Next Article Jeannette Kagame Yasabye Abakobwa Kujya Mu Masomo Iterambere Ryubakiyeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?