Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ambulance Y’Ibitaro Bya Mibirizi Yagonganye N’Igare Irangirika…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ambulance Y’Ibitaro Bya Mibirizi Yagonganye N’Igare Irangirika…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 12:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yagonze umunyegari wari uhetse amata amanuka mu Mudugudu wa Kadasaoma mu Kagari ka Kamashangi, mu Murenge wa Kamembe, i Rusizi ahita apfa. Iyi modoka yari irimo umurwayi ugiye kubagirwa mu Bitaro bya Kaminuza bya Huye yangiritse cyane ikizuru.

Umwe mu babibonye yabwiye TV 1 ko yageze aho byabereye mu rucyerera ahagana saa kumi n’imwe za mu gitondo, asanga ngo umunyozi akaguru kacitse kandi yapfuye.

Ati: “ Ambulance niyo yagonze igare umunyegare arapfa, abari muri Ambulance nta kibazo bagize.”

Iriya Ambulance yari itwaye umurwayi imuvanye ku bitaro bya Mibirizi imujyanye ku bitaro bya Kaminuza bya Huye muri mu Karere ka Huye.

Abari muri iriya Ambulance ngo hakomeretsemo babiri ariko bidakomeye, n’aho umurambo w’umunyegare wajyanywe gukorerwa isuzuma mu bitaro bya Gihundwe.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP Rene Irere) yavuze ko iriya mpanuka yabereye mu ikoni umunyonzi ava ahitwa ku Cyapa.

 

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda SSP Rene Irere

Ikindi ni uko uwo murwayi wari uri muri iriya mbangukiragutabara yari ajyanywe muri CHUB ‘kubagwa.’

Mu mbangukiragutabara harimo umurwayi, umurwaza, umuganga na shoferi.

Igare ryangiritse cyane nyiraryo ahasiga ubuzima
TAGGED:AmbulancefeaturedIgareImbangukiragutabaraImpanukaRusiziUmunyonzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Yahuye N’Uw’Ingabo Z’u Bufaransa
Next Article Amerika Igiye Gufasha u Burundi Mu Guteza Imbere Urwego Rw’Ingufu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?