Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ambulance Y’Ibitaro Bya Mibirizi Yagonganye N’Igare Irangirika…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ambulance Y’Ibitaro Bya Mibirizi Yagonganye N’Igare Irangirika…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 12:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yagonze umunyegari wari uhetse amata amanuka mu Mudugudu wa Kadasaoma mu Kagari ka Kamashangi, mu Murenge wa Kamembe, i Rusizi ahita apfa. Iyi modoka yari irimo umurwayi ugiye kubagirwa mu Bitaro bya Kaminuza bya Huye yangiritse cyane ikizuru.

Umwe mu babibonye yabwiye TV 1 ko yageze aho byabereye mu rucyerera ahagana saa kumi n’imwe za mu gitondo, asanga ngo umunyozi akaguru kacitse kandi yapfuye.

Ati: “ Ambulance niyo yagonze igare umunyegare arapfa, abari muri Ambulance nta kibazo bagize.”

Iriya Ambulance yari itwaye umurwayi imuvanye ku bitaro bya Mibirizi imujyanye ku bitaro bya Kaminuza bya Huye muri mu Karere ka Huye.

Abari muri iriya Ambulance ngo hakomeretsemo babiri ariko bidakomeye, n’aho umurambo w’umunyegare wajyanywe gukorerwa isuzuma mu bitaro bya Gihundwe.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP Rene Irere) yavuze ko iriya mpanuka yabereye mu ikoni umunyonzi ava ahitwa ku Cyapa.

 

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda SSP Rene Irere

Ikindi ni uko uwo murwayi wari uri muri iriya mbangukiragutabara yari ajyanywe muri CHUB ‘kubagwa.’

Mu mbangukiragutabara harimo umurwayi, umurwaza, umuganga na shoferi.

Igare ryangiritse cyane nyiraryo ahasiga ubuzima
TAGGED:AmbulancefeaturedIgareImbangukiragutabaraImpanukaRusiziUmunyonzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Yahuye N’Uw’Ingabo Z’u Bufaransa
Next Article Amerika Igiye Gufasha u Burundi Mu Guteza Imbere Urwego Rw’Ingufu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?