Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ambulance Y’Ibitaro Bya Mibirizi Yagonganye N’Igare Irangirika…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ambulance Y’Ibitaro Bya Mibirizi Yagonganye N’Igare Irangirika…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 12:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yagonze umunyegari wari uhetse amata amanuka mu Mudugudu wa Kadasaoma mu Kagari ka Kamashangi, mu Murenge wa Kamembe, i Rusizi ahita apfa. Iyi modoka yari irimo umurwayi ugiye kubagirwa mu Bitaro bya Kaminuza bya Huye yangiritse cyane ikizuru.

Umwe mu babibonye yabwiye TV 1 ko yageze aho byabereye mu rucyerera ahagana saa kumi n’imwe za mu gitondo, asanga ngo umunyozi akaguru kacitse kandi yapfuye.

Ati: “ Ambulance niyo yagonze igare umunyegare arapfa, abari muri Ambulance nta kibazo bagize.”

Iriya Ambulance yari itwaye umurwayi imuvanye ku bitaro bya Mibirizi imujyanye ku bitaro bya Kaminuza bya Huye muri mu Karere ka Huye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abari muri iriya Ambulance ngo hakomeretsemo babiri ariko bidakomeye, n’aho umurambo w’umunyegare wajyanywe gukorerwa isuzuma mu bitaro bya Gihundwe.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP Rene Irere) yavuze ko iriya mpanuka yabereye mu ikoni umunyonzi ava ahitwa ku Cyapa.

 

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda SSP Rene Irere

Ikindi ni uko uwo murwayi wari uri muri iriya mbangukiragutabara yari ajyanywe muri CHUB ‘kubagwa.’

Mu mbangukiragutabara harimo umurwayi, umurwaza, umuganga na shoferi.

- Advertisement -
Igare ryangiritse cyane nyiraryo ahasiga ubuzima
TAGGED:AmbulancefeaturedIgareImbangukiragutabaraImpanukaRusiziUmunyonzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Yahuye N’Uw’Ingabo Z’u Bufaransa
Next Article Amerika Igiye Gufasha u Burundi Mu Guteza Imbere Urwego Rw’Ingufu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?