Mu Karere ka Musanze haherutse kubera umwiherero w’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’amagare, FERWACY. Umuyobozi waryo Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko uriya mwiherero wari ugamije kwisuzuma, bakareba...
Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa...
Abasiganwa mu kuzenguruka u Rwanda ku ikubitiro barahaguruka i Nyarutarama ahitwa Golf berekeze in Rwamagana. Barakora intera ya Kilometero 115,6. Barahaguruka saa yine. Tour du Rwanda...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana...
Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01,...