Abasiganwa mu kuzenguruka u Rwanda ku ikubitiro barahaguruka i Nyarutarama ahitwa Golf berekeze in Rwamagana. Barakora intera ya Kilometero 115,6. Barahaguruka saa yine. Tour du Rwanda...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana...
Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01,...
Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza. ...
Abatwara amagare bakora ingendo ndende cyane cyane ahantu hazamuka bajya agaragara bafashe ku ikamyo kugira ngo ibatize umurindi bashobore kwihuta. Kubera ko biteza impanuka, Polisi ivuga...