Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika: Abantu Biciwe Mu Rusengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Amerika: Abantu Biciwe Mu Rusengero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 September 2025 7:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Byibura abantu bane nibo babaruwe ko biciwe mu gitero cyaraye kigabwe mu rusengero. Abo bantu bishwe barashwe, abandi bakomeretsa n’uko uwo muntu yahise arukongeza.

Byabereye mu rusengero rw’i Michigan rwitwa Church of Jesus Christ of Latter-day Saints.

Aha ni mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Leta ya Detroit, aho abantu bari bahuriye kuri iki Cyumweru ngo basenge.

BBC yanditse kuri uyu wa Mbere Tariki 29 Nzeri ko uwakoze iki gitero yishwe akaba ari umugabo witwa Thomas Jacob Sanford w’imyaka 40, binavugwa ko yahoze ari umusirikare warwanye mu ntambara Amerika yarwanye na Saddam Hussein muri Iraq.

Perezida Donald Trump yavuze ko yamenye ayo makuru, yihanganisha abagizweho ingaruka nacyo.

TAGGED:AmerikafeaturedPolisiUrusengero
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika
Next Article Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?