Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Irashaka Kwiyegereza Afurika Kurushaho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Irashaka Kwiyegereza Afurika Kurushaho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2024 11:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Antony Blinken
SHARE

Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yatangiye  urugendo mu bihugu bine by’Afurika mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati ya Washington n’Afurika.

Arasura Cape Verde, Ivory Coast, Nigeria na Angola

Binavugwa ko Amerika ifite impungenge z’umutekano w’ibirindiro byayo bisanzwe biba muri Niger; iki kikaba ari igihugu kimaze iminsi mu mutekano muke.

Blinken avuga ko Amerika iharanira ko umubano wayo n’Afurika ukomera kandi ko isanzwe ifitanye imikoranire nayo.

Ibi yabivugiye muri Cape Verde aho yatangiriye uru rugendo.

Ati: ” Amerika ikomeye ku bufatanye n’Afurika mu iterambere ryayo.”

Cape Verde ni ikirwa kigizwe n’ibindi byinshi(archipelago) gituwe n’abantu 500,000.

Cyakolonijwe n’abanya Portugal.

Perezida w’iki gihugu witwa Jose Ulisses Correia avuga ko Afurika yirengagijwe kubera intambara ya Ukraine n”Uburusiya.

Ni intambara Amerika yatanzemo amadolari menshi ngo ifashe Ukraine guhangana n’umwanzi w’Amerika kuva mu ntambara y’ubutita(1947-1991).

Ifoto:Antony Blinken

TAGGED:AmerikaBlinkenfeaturedIntambaraRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Za Mozambique Yaganiriye n’Abayobozi Ba RDF
Next Article Mu Myaka 30 Harimo Ibyago No Kugira Igihugu Gishya-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?