Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Irashaka Kwiyegereza Afurika Kurushaho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Irashaka Kwiyegereza Afurika Kurushaho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2024 11:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Antony Blinken
SHARE

Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yatangiye  urugendo mu bihugu bine by’Afurika mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati ya Washington n’Afurika.

Arasura Cape Verde, Ivory Coast, Nigeria na Angola

Binavugwa ko Amerika ifite impungenge z’umutekano w’ibirindiro byayo bisanzwe biba muri Niger; iki kikaba ari igihugu kimaze iminsi mu mutekano muke.

Blinken avuga ko Amerika iharanira ko umubano wayo n’Afurika ukomera kandi ko isanzwe ifitanye imikoranire nayo.

Ibi yabivugiye muri Cape Verde aho yatangiriye uru rugendo.

Ati: ” Amerika ikomeye ku bufatanye n’Afurika mu iterambere ryayo.”

Cape Verde ni ikirwa kigizwe n’ibindi byinshi(archipelago) gituwe n’abantu 500,000.

Cyakolonijwe n’abanya Portugal.

Perezida w’iki gihugu witwa Jose Ulisses Correia avuga ko Afurika yirengagijwe kubera intambara ya Ukraine n”Uburusiya.

Ni intambara Amerika yatanzemo amadolari menshi ngo ifashe Ukraine guhangana n’umwanzi w’Amerika kuva mu ntambara y’ubutita(1947-1991).

Ifoto:Antony Blinken

TAGGED:AmerikaBlinkenfeaturedIntambaraRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Za Mozambique Yaganiriye n’Abayobozi Ba RDF
Next Article Mu Myaka 30 Harimo Ibyago No Kugira Igihugu Gishya-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?