Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika: Umwana Muto Yinjiye Mu Biro Bya Perezida Aseseye Uruzitiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika: Umwana Muto Yinjiye Mu Biro Bya Perezida Aseseye Uruzitiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2023 7:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
The White House is seen through two layers of fence in Washington, Tuesday, Sept. 23, 2014. One fence is the North Lawn perimeter fence and the other is a linked portable fence. An intruder managed to jump the north fence of the White House and escape capture until he was inside the North Portico entrance of the White House. (AP Photo/Carolyn Kaster)
SHARE

Abashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’Amerika bagiye kubona babona umwana uri mu kigero cy’imyaka itanu yaseseye uruzitiro yinjira mu busitani bw’ingoro ya Perezida Biden.

Ushinzwe itumanaho mu barinda Perezida  witwa Anthony Guglielmi avuga ko uriya mwana muto  yasesereye mu gice cya ruguru cy’inzu ngari Perezida w’Amerika akoreramo yitwa White House.

Gugliemli yagize ati: “ Uyu munsi twabonye umushyitsi udasanzwe winjiye mu Biro by’Umukuru w’igihugu adutunguye. Ni umwana muto w’igitambambuga ariko ntiyahatinze”.

Abashinzwe umutekano wa Perezida w’Amerika bafashe uwo mwana  bamusubiza ababyeyi be basanzwe batuye muri Pennsylvania.

Uyu mwana bamusubije ababyeyi be

Si ubwa mbere umwana muto  yinjiye mu Biro by’Umukuru w’Amerika aseseye kuko no mu mwaka wa 2014 hari undi wabikoze.

Icyo gihe haburaga igihe gito ngo uwari Perezida w’Amerika Barack Obama ageze ijambo ku baturage avuga uko ibintu byari byifashe muri Iraq.

Nyuma y’uko bibaye, byabaye ngombwa ko igihe Barack Obama yari buvugire ijambo kigizwa imbere kugira ngo abashinzwe umutekano we babanze basubize ibintu mu buryo.

TAGGED:AmerikaBidenfeaturedIbiroObamaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bunyoni Aravugwaho Guhungira Muri Tanzania
Next Article Minisiteri Y’Uburezi Yakuyeho Agahimbazamusyi K’Abarimu, Umuhanga Ati: “ Ntibyari Bikwiye”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?