Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika: Umwana Muto Yinjiye Mu Biro Bya Perezida Aseseye Uruzitiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika: Umwana Muto Yinjiye Mu Biro Bya Perezida Aseseye Uruzitiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2023 7:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
The White House is seen through two layers of fence in Washington, Tuesday, Sept. 23, 2014. One fence is the North Lawn perimeter fence and the other is a linked portable fence. An intruder managed to jump the north fence of the White House and escape capture until he was inside the North Portico entrance of the White House. (AP Photo/Carolyn Kaster)
SHARE

Abashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’Amerika bagiye kubona babona umwana uri mu kigero cy’imyaka itanu yaseseye uruzitiro yinjira mu busitani bw’ingoro ya Perezida Biden.

Ushinzwe itumanaho mu barinda Perezida  witwa Anthony Guglielmi avuga ko uriya mwana muto  yasesereye mu gice cya ruguru cy’inzu ngari Perezida w’Amerika akoreramo yitwa White House.

Gugliemli yagize ati: “ Uyu munsi twabonye umushyitsi udasanzwe winjiye mu Biro by’Umukuru w’igihugu adutunguye. Ni umwana muto w’igitambambuga ariko ntiyahatinze”.

Abashinzwe umutekano wa Perezida w’Amerika bafashe uwo mwana  bamusubiza ababyeyi be basanzwe batuye muri Pennsylvania.

Uyu mwana bamusubije ababyeyi be

Si ubwa mbere umwana muto  yinjiye mu Biro by’Umukuru w’Amerika aseseye kuko no mu mwaka wa 2014 hari undi wabikoze.

Icyo gihe haburaga igihe gito ngo uwari Perezida w’Amerika Barack Obama ageze ijambo ku baturage avuga uko ibintu byari byifashe muri Iraq.

Nyuma y’uko bibaye, byabaye ngombwa ko igihe Barack Obama yari buvugire ijambo kigizwa imbere kugira ngo abashinzwe umutekano we babanze basubize ibintu mu buryo.

TAGGED:AmerikaBidenfeaturedIbiroObamaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bunyoni Aravugwaho Guhungira Muri Tanzania
Next Article Minisiteri Y’Uburezi Yakuyeho Agahimbazamusyi K’Abarimu, Umuhanga Ati: “ Ntibyari Bikwiye”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?