Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yabujije Israel Kwica Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Amerika Yabujije Israel Kwica Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2025 7:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ko yabujije Israel kwica Umuyobozi W’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei.

Avuga ko Israel yari ifite umujinya n’ubushake bwo kwica uriya muyobozi, ariko ubwe yabujije Netanyahu kubikora.

Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu mu Biro bye biba munsi y’ubutaka.

Ntawamenya niba ibyo Trump avuga bitagamije kuyobya uburari kuko n’ubundi mbere y’uko Israel itera Iran, Amerika yavugaga ko hari ibiganiro byo kubuza Iran gutunganya ubutare bwa Uranium kandi byagendaga neza.

Byarangiye Israel itunguye Iran isuka ibisasu ku bayobozi bakuru b’ingabo zayo n’abahanga bakomeye b’iki gihugu, isenya n’aho uruganda rwa Natanz rwatunganyaga izi ngufu.

Hagati aho, Amerika ivuga ko Perezida Vladmir Putin ashaka kuba umuhuza mu kibazo kiri hagati ya Iran na Israel.

Trump avuga ko mu gihe intambara ikiri hagati ya Iran na Israel, Amerika itarabyinjiramo ariko akemeza ko nihagira ushohora Amerika imperuka ye izaba yageze.

Ibyo yabibwiye NBC news.

Perezida wa Amerika yemeza ko amahoro atari butinde kugaruka hagati y’impande zihanganye, akemeza ko bizagenda nk’uko byagenze hagati y’Ubuhinde na Pakistan mu mirwano iherutse kwaduka hagati y’impande zombi.

TAGGED:featuredIntambaraIranIsraelKhamenei
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ushobora Kubana N’Inzoka Mu Mahoro
Next Article Israel Na Iran Bikomeje Kwihimuranaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Yabwiye UN Ko Igihe Kigeze Afurika Igahagararirwa Mu Kanama Kayo K’Umutekano

Ambasaderi Nyamvumba Yahaye Rayon Sports Umukoro

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Urubyiruko Mu Rwanda Ruranywa Itabi Ku Rugero Runini

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

You Might Also Like

IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hatangijwe Ihuriro Ry’Abashoramari Bo Mu Bwongereza Bakorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Ivuga Ko Isiganwa Rya UCI Ryasukuye Ikirere Cya Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUmutekano

RIB Yavumbuye Amayeri Akomeye Bakoresha Biba Amadolari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?