Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yahaye Ukraine Toni 1200 Z’Ibisasu Byo Kwivuna Abarusiya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yahaye Ukraine Toni 1200 Z’Ibisasu Byo Kwivuna Abarusiya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2022 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari indege yaturutse muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ipakiye toni 1200 z’ibisasu bita javelins igwa i Kiev muri Ukraine. Ambasade y’Amerika ivuga ko biriya bisasu byagenewe  Ukraine kugira ngo izavune u Burusiya umunsi bwayirasheho.

Perezida Joe Biden niwe wemeje ko biriya bisasu byohererezwa Ukraine.

Ukraine iri guterwa inkunga ngo izivune u Burusiya ariko biragoye  ko yo ubwayo yabishobora kuko u Burusiya buri mu bihugu bya mbere ku isi bifite ingabo n’intwaro zihambaye.

The 14th flight carrying U.S. security assistance, including Javelins, arrived at Boryspil tonight. The United States has provided almost 1200 tons of materiel, approved by President Biden in January, that Ukraine needs to defend itself against ongoing Russian aggression. pic.twitter.com/sZJhuqdWZB

— U.S. Embassy Kyiv (@USEmbassyKyiv) February 11, 2022

Muri iki gihe hari amakuru avuga ko u Burusiya bwohereje ku mupaka ubugabanya na Ukraine abasirikare 130, 000.

Ni abasirikare benshi kuko si ibihugu byinshi byohereza abasirikare bangana batyo icyarimwe mu ntambara.

Hari amakuru aherutse gutangazwa avuga ko u Burusiya bwateguye ko buzatangiza urugamba kuri Ukraine ku wa Gatatu taliki 16, Gashyantare, 2022.

Mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 14, Gashyantare, 2022 hari inama izahuza ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigeze OTAN/NATO kugira ngo barebere hamwe uko batabaza Ukraine yugarijwe n’u Burusiya.

Indege yavuye muri Amerika izaniye ibikoresho Ukraine yaguye ku kibuga cy’indege cya Boryspil.

Icyihishe Inyuma y’Intambara Ishobora Kurota Hagati ya Amerika, u Burusiya Na Ukraine

TAGGED:AbasirikareAmerikaBidenBurusiyafeaturedUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rufite Zahabu Nyinshi Muri Nyungwe Ariko Kuyicukura Ni Ingorabahizi
Next Article Impamvu ‘Zikomeye’ Ziri Gutera Ibiciro Kuzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?