Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yahaye Ukraine Toni 1200 Z’Ibisasu Byo Kwivuna Abarusiya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yahaye Ukraine Toni 1200 Z’Ibisasu Byo Kwivuna Abarusiya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2022 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari indege yaturutse muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ipakiye toni 1200 z’ibisasu bita javelins igwa i Kiev muri Ukraine. Ambasade y’Amerika ivuga ko biriya bisasu byagenewe  Ukraine kugira ngo izavune u Burusiya umunsi bwayirasheho.

Perezida Joe Biden niwe wemeje ko biriya bisasu byohererezwa Ukraine.

Ukraine iri guterwa inkunga ngo izivune u Burusiya ariko biragoye  ko yo ubwayo yabishobora kuko u Burusiya buri mu bihugu bya mbere ku isi bifite ingabo n’intwaro zihambaye.

The 14th flight carrying U.S. security assistance, including Javelins, arrived at Boryspil tonight. The United States has provided almost 1200 tons of materiel, approved by President Biden in January, that Ukraine needs to defend itself against ongoing Russian aggression. pic.twitter.com/sZJhuqdWZB

— U.S. Embassy Kyiv (@USEmbassyKyiv) February 11, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri iki gihe hari amakuru avuga ko u Burusiya bwohereje ku mupaka ubugabanya na Ukraine abasirikare 130, 000.

Ni abasirikare benshi kuko si ibihugu byinshi byohereza abasirikare bangana batyo icyarimwe mu ntambara.

Hari amakuru aherutse gutangazwa avuga ko u Burusiya bwateguye ko buzatangiza urugamba kuri Ukraine ku wa Gatatu taliki 16, Gashyantare, 2022.

Mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 14, Gashyantare, 2022 hari inama izahuza ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigeze OTAN/NATO kugira ngo barebere hamwe uko batabaza Ukraine yugarijwe n’u Burusiya.

Indege yavuye muri Amerika izaniye ibikoresho Ukraine yaguye ku kibuga cy’indege cya Boryspil.

- Advertisement -

Icyihishe Inyuma y’Intambara Ishobora Kurota Hagati ya Amerika, u Burusiya Na Ukraine

TAGGED:AbasirikareAmerikaBidenBurusiyafeaturedUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rufite Zahabu Nyinshi Muri Nyungwe Ariko Kuyicukura Ni Ingorabahizi
Next Article Impamvu ‘Zikomeye’ Ziri Gutera Ibiciro Kuzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?