Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yatangije Bwa Mbere Ku Isi Igihano Cyo Kwicisha Gazi Abakatiwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yatangije Bwa Mbere Ku Isi Igihano Cyo Kwicisha Gazi Abakatiwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2024 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kenneth Eugene Smith niwe muntu wa mbere wahanishijwe igihano cyo kwicishwa gazi ya nitrogen.

Niwe ugihawe bwa mbere ku isi hose, akaba yari asanzwe ari umuturage wa Leta ya Alabama, USA.

Uyu mugabo w’imyaka 58 agiye guhanirwa icyaha yakoze mu mwaka wa 1989 azira kwica Elizabeth Sennett wari umugore w’umubwirizabutumwa wari uzwi muri iriya Leta.

Abahamwe n’ibyaha bagakatirwa urwo gupfa bicwaga batewe urushingire rw’ingusho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mbere hari abazirikwaga ku ntebe zicometse ku mashanyarazi.

Ubuyobozi bwa Alabama buvuga ko bwasanze gukoresha nitrogen hypoxia ari byo byafasha kubera ko imiti bateraga abantu bagapfa ari mike ku isoko.

Ubwo umuturage wo muri iyi Leta yicishwaga iriya gazi hari abanyamakuru batanu bari bahari ngo bihere amaso bazabitangaze.

Smith yiciwe ahitwa Holman Correctional Facility iri ahitwa Atmore.

BBC yanditse ko ubwo gazi yatangiraga kumwinjira yeretse abo mu muryango we bari aho ikimenyetso cy’ibiganza kibereka ko abakunda.

- Advertisement -
TAGGED:AmerikafeaturedGaziIgihanoUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Haravugwa Icuruzwa Ry’Abana B’Abakobwa
Next Article Kagame Yakiriye Perezida Wa Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?