Joof yaguye mu Buhinde azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Perezida wa Gambia Adama Barrow niwe wamubitse abinyujije mu itangaza ryaciye kuri Facebook. Allieu Badara Joof...
Mu Buhinde haravugwa urupfu rw’Abarusiya batatu bapfuye mu buryo kugeza ubu bukiri amayobera. Uherutse gupfa ni Umurusiya wari enjeniyeri( engineer) basanze yapfiriye muri Hoteli yari acumbitsemo....
Nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwahoze ari inshuti y’uwo bakundanaga mu mwaka wa 2002 agakatirwa urwo gupfa mu mwaka wa 2010 ariko ntibishyirwe mu bikorwa...
Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Nzeri, 2022 abakunda umuziki uhimbaza Imana mu Rwanda bararanye agahinda nyuma y’inkuru y’urupfu rw’umuhanzikazi wamamaye ku izina rya Precious. Yapfuye...
Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi yaraye akorewe ibirori by’uko aherutse kuzuza imyaka ijana. Ni ibirori byabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kigali ariko mu ibanga hirindwa ko...