Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yiyemeje Kuzatwika u Burusiya Nibukora Ikosa…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yiyemeje Kuzatwika u Burusiya Nibukora Ikosa…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2022 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u Burusiya k’uburyo nibutinyuka bugakoresha intwaro ya kirimbuzi iyo ari yo yose k’ubutaka bwa Ukraine, izahita itwika abasirikare babwo bose.

Uyu muburo David Petraeus awutanze mu gihe hashize iminsi abantu bo kwa Perezida Vladmir Putin  bavuga ko nibiba ngombwa bazakoresha intwaro ya kirimbuzi mu ntambara bari kurwana na Ukraine.

David Petraeus  yagize ati: “ Mbaciriye mu magambo make, twe nk’Amerika tuzatwika umusirikare uwo ari we wese w’u Burusiya uri muri Ukraine, ubwato bwabo bwose buri mu Nyanja y’Umukara tubutwike  ndetse no muri Crimea ntituzahasiga.”

Uyu musirikare mukuru yavuze ko Amerika izabikorana n’ingabo za OTAN kandi ngo imibare bafite kugeza ubu yerakana ko bizagenda neza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabwiye ABC News ko igihugu  cye cyababajwe n’uko Putin aherutse kwigarurira Intara enye azivanye kuri Ukraine akazomeka ku Burusiya.

Gen David Petraeus

Intambara y’u Burusiya na Ukraine itangiye ukwezi kwayo kwa munani.

Ni intambara yarangiye  bwa mbere muri Gashyantare, 2022.

Amahanga afite impungenge ko Vladmir Putin atazemera gutsindwa ahubwo ko azakoresha intwaro ya kirimbuzi.

TAGGED:AmerikaBurusiyaIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gusangira Ku Muheha Ni Umuco Ab’I Kayonza Bavuga Ko Batazacikaho
Next Article Tshisekedi Yakoze Impinduka Zikomeye Mu Ngabo Ze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?