Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yiyemeje Kuzatwika u Burusiya Nibukora Ikosa…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yiyemeje Kuzatwika u Burusiya Nibukora Ikosa…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2022 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u Burusiya k’uburyo nibutinyuka bugakoresha intwaro ya kirimbuzi iyo ari yo yose k’ubutaka bwa Ukraine, izahita itwika abasirikare babwo bose.

Uyu muburo David Petraeus awutanze mu gihe hashize iminsi abantu bo kwa Perezida Vladmir Putin  bavuga ko nibiba ngombwa bazakoresha intwaro ya kirimbuzi mu ntambara bari kurwana na Ukraine.

David Petraeus  yagize ati: “ Mbaciriye mu magambo make, twe nk’Amerika tuzatwika umusirikare uwo ari we wese w’u Burusiya uri muri Ukraine, ubwato bwabo bwose buri mu Nyanja y’Umukara tubutwike  ndetse no muri Crimea ntituzahasiga.”

Uyu musirikare mukuru yavuze ko Amerika izabikorana n’ingabo za OTAN kandi ngo imibare bafite kugeza ubu yerakana ko bizagenda neza.

Yabwiye ABC News ko igihugu  cye cyababajwe n’uko Putin aherutse kwigarurira Intara enye azivanye kuri Ukraine akazomeka ku Burusiya.

Gen David Petraeus

Intambara y’u Burusiya na Ukraine itangiye ukwezi kwayo kwa munani.

Ni intambara yarangiye  bwa mbere muri Gashyantare, 2022.

Amahanga afite impungenge ko Vladmir Putin atazemera gutsindwa ahubwo ko azakoresha intwaro ya kirimbuzi.

TAGGED:AmerikaBurusiyaIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gusangira Ku Muheha Ni Umuco Ab’I Kayonza Bavuga Ko Batazacikaho
Next Article Tshisekedi Yakoze Impinduka Zikomeye Mu Ngabo Ze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?