Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: APR BBC Yabonye Tike Yo Kuzahangana Na REG BBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

APR BBC Yabonye Tike Yo Kuzahangana Na REG BBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 June 2025 7:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
APR BBC yitwaye neza muri uyu mukino.
SHARE

Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iri hafi kubona uyegukana hagati ya REG BBC na APR BBC nyuma y’uko iyi itsinze Patriots BBC mu mukino waraye ubahuje.

Yayitsinze ku manota 81-67 mu mukino wari uwa  gatanu wa kamarampaka kandi, nk’uko bisanzwe, uba ari umukino witabirwa na benshi kubera ko ayo makipe ari muyakomeye kurusha ayandi y’abagabo akina Basketball mu Rwanda.

Igice cya mbere cy’uyu mukino wa gatanu wa ½ cyarangiye APR BBC ifite amanota 46 kuri 37 ya Patriots BBC.

Mu gace ka gatatu nabwo yakinnye irusha iyo byari bihanganye kandi ahanini ukabona koi yifitiye n’icyizere ko iri butware umukino.

Umwe mu bakinnyi bayo wakinnye bifatika ni Aliou Diarra wayitsindiye amanota menshi bituma itsinda.

Uruhande rwa Patrots BBC rwo wabonaga rusodoka kuko uko iminota yahitaga, ari ko iyi kipe yahoze itsinda kakahava yatakazaga umukino.

Byarangiye itsinzwe amanota 81-67, bityo APR BBC igera ku mukino wa nyuma ku ntsinzi eshatu kuri ebyiri, ikazahura na REG BBC yasezereye UGB BBC.

Ubu igisigaye ni uko aya makipe azakina imikino  igize ‘kamarampaka’(playoffs) ya 2025 mu irushanwa bita  “BetPawa Playoffs 2025”.

Gahunda yayo ivuga ko ikipe izatanga indi intsinzi enye izahita yegukana igikombe cya shampiyona 2025, iyo mikino ikazatangira kuri uyu wa Gatatu tariki 2, Nyakanga, 2025.

TAGGED:APRBBCIkipeIrushanwaREGUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuyobozi Bw’Akarere Ka Gicumbi Bwakebuwe Kubera Umwanda Mu Baturage
Next Article FDLR Iri Kwimurira Ibirindiro Mu Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?